Intangiriro 15:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Ariko mu gihe cy’abuzukuruza babo ni bwo bazagaruka ino,+ kuko icyaha cy’Abamori kitaruzura.”+ Intangiriro 28:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 Dore ndi kumwe nawe, nzakurinda aho uzanyura hose kandi nzakugarura muri iki gihugu,+ kuko ntazagutererana kugeza aho nzasohoreza ibyo nakubwiye byose.”+ Intangiriro 47:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 Igihe cya Isirayeli cyo gupfa kigenda cyegereza.+ Nuko ahamagara umuhungu we Yozefu aramubwira ati “niba ntonnye mu maso yawe, ndakwinginze shyira ukuboko kwawe munsi y’ikibero cyanjye,+ kandi uzangaragarize ineza yuje urukundo n’ubudahemuka.+ (Ndakwinginze ntuzampambe muri Egiputa.)+ Intangiriro 50:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 bajyana umurambo we mu gihugu cy’i Kanani, bawuhamba mu buvumo bwo mu murima w’i Makipela imbere y’i Mamure,+ uwo Aburahamu yaguze na Efuroni w’Umuheti kugira ngo ajye awuhambamo. Kuva 3:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 None ngiye kumanuka mbakize ukuboko kw’Abanyegiputa,+ mbakure muri icyo gihugu maze mbajyane mu gihugu cyiza kandi kigari, igihugu gitemba amata n’ubuki,+ igihugu gituwemo n’Abanyakanani n’Abaheti n’Abamori n’Abaperizi n’Abahivi n’Abayebusi.+ Zab. 105:37 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 37 Nuko ivanayo ubwoko bwayo bufite ifeza na zahabu,+Kandi nta muntu n’umwe wo mu miryango yayo wigeze asitara.
15 Dore ndi kumwe nawe, nzakurinda aho uzanyura hose kandi nzakugarura muri iki gihugu,+ kuko ntazagutererana kugeza aho nzasohoreza ibyo nakubwiye byose.”+
29 Igihe cya Isirayeli cyo gupfa kigenda cyegereza.+ Nuko ahamagara umuhungu we Yozefu aramubwira ati “niba ntonnye mu maso yawe, ndakwinginze shyira ukuboko kwawe munsi y’ikibero cyanjye,+ kandi uzangaragarize ineza yuje urukundo n’ubudahemuka.+ (Ndakwinginze ntuzampambe muri Egiputa.)+
13 bajyana umurambo we mu gihugu cy’i Kanani, bawuhamba mu buvumo bwo mu murima w’i Makipela imbere y’i Mamure,+ uwo Aburahamu yaguze na Efuroni w’Umuheti kugira ngo ajye awuhambamo.
8 None ngiye kumanuka mbakize ukuboko kw’Abanyegiputa,+ mbakure muri icyo gihugu maze mbajyane mu gihugu cyiza kandi kigari, igihugu gitemba amata n’ubuki,+ igihugu gituwemo n’Abanyakanani n’Abaheti n’Abamori n’Abaperizi n’Abahivi n’Abayebusi.+
37 Nuko ivanayo ubwoko bwayo bufite ifeza na zahabu,+Kandi nta muntu n’umwe wo mu miryango yayo wigeze asitara.