18 Nubwo nta cyo yari gushingiraho agira ibyiringiro, nyamara ashingiye ku byiringiro, yizeye+ ko yari kuzaba se w’amahanga menshi,+ mu buryo buhuje n’ibyo yari yarabwiwe ngo “uko ni ko urubyaro rwawe ruzamera.”+
8 Kwizera ni ko kwatumye Aburahamu+ yumvira akava iwabo ubwo yahamagarwaga, akajya mu gihugu yagombaga kuzahabwa ho umurage; yavuye iwabo, nubwo atari azi aho agiye.+