3 Nuko bafata ibisate bya zahabu barabihonda babiha umubyimba nk’uw’ibati, babikatamo udukwege duto cyane twa zahabu two kuboheranya n’ubudodo bw’ubururu n’ubwoya buteye ibara ry’isine n’ubudodo bw’umutuku n’ubwoya bwiza; bikorwa n’umuhanga wo gufuma.+