Abalewi 10:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 “kuki mutariye igitambo gitambirwa ibyaha, ngo mukirire ahera,+ ko ari ikintu cyera cyane mwahawe kugira ngo mugibweho n’igicumuro cy’iteraniro, maze muritangire impongano imbere ya Yehova?+ Abalewi 22:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 “‘Bajye bakurikiza ibyo mbasaba, kugira ngo batagibwaho n’icyaha bagapfa+ ari byo bazize, kuko baba bahumanyije ibintu byera. Ni jye Yehova ubeza. Kubara 18:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Yehova abwira Aroni ati “wowe n’abahungu bawe n’abo mu nzu ya so muzaryozwa icyaha cyo kurenga ku mategeko arebana n’ahera,+ kandi wowe n’abahungu bawe muzaryozwa icyaha kizakorerwa umurimo wanyu w’ubutambyi.+ Yesaya 53:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Kubera ko ubugingo bwe bwababajwe, azabona+ ibyiza, anyurwe.+ Kubera ubumenyi bwe, umugaragu wanjye+ ukiranuka azatuma abantu benshi babarwaho gukiranuka,+ kandi azikorera ibyaha byabo.+ 2 Abakorinto 5:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 Umuntu utaramenye icyaha+ yamugize icyaha+ ku bwacu, kugira ngo duhinduke gukiranuka+ kw’Imana binyuze kuri we. Abaheburayo 9:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 ni ko na Kristo yatanzwe ho igitambo rimwe+ gusa kugeza iteka, kugira ngo yishyireho ibyaha bya benshi.+ Igihe azaboneka+ ubwa kabiri,+ ntazaba azanywe no gukuraho icyaha,+ ahubwo azabonekera abamutegerezanyije amatsiko ku bw’agakiza kabo.+ 1 Petero 2:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 We ubwe yikoreye ibyaha byacu+ mu mubiri we ku giti,+ kugira ngo adukize ibyaha+ kandi tubeho dukiranuka. “Imibyimba ye ni yo yabakijije.”+
17 “kuki mutariye igitambo gitambirwa ibyaha, ngo mukirire ahera,+ ko ari ikintu cyera cyane mwahawe kugira ngo mugibweho n’igicumuro cy’iteraniro, maze muritangire impongano imbere ya Yehova?+
9 “‘Bajye bakurikiza ibyo mbasaba, kugira ngo batagibwaho n’icyaha bagapfa+ ari byo bazize, kuko baba bahumanyije ibintu byera. Ni jye Yehova ubeza.
18 Yehova abwira Aroni ati “wowe n’abahungu bawe n’abo mu nzu ya so muzaryozwa icyaha cyo kurenga ku mategeko arebana n’ahera,+ kandi wowe n’abahungu bawe muzaryozwa icyaha kizakorerwa umurimo wanyu w’ubutambyi.+
11 Kubera ko ubugingo bwe bwababajwe, azabona+ ibyiza, anyurwe.+ Kubera ubumenyi bwe, umugaragu wanjye+ ukiranuka azatuma abantu benshi babarwaho gukiranuka,+ kandi azikorera ibyaha byabo.+
21 Umuntu utaramenye icyaha+ yamugize icyaha+ ku bwacu, kugira ngo duhinduke gukiranuka+ kw’Imana binyuze kuri we.
28 ni ko na Kristo yatanzwe ho igitambo rimwe+ gusa kugeza iteka, kugira ngo yishyireho ibyaha bya benshi.+ Igihe azaboneka+ ubwa kabiri,+ ntazaba azanywe no gukuraho icyaha,+ ahubwo azabonekera abamutegerezanyije amatsiko ku bw’agakiza kabo.+
24 We ubwe yikoreye ibyaha byacu+ mu mubiri we ku giti,+ kugira ngo adukize ibyaha+ kandi tubeho dukiranuka. “Imibyimba ye ni yo yabakijije.”+