Gutegeka kwa Kabiri 32:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 Guhora no kwitura ni ibyanjye.+Mu gihe cyagenwe, ikirenge cyabo kizanyerera,+Kuko umunsi wabo w’amakuba wegereje,+Kandi ibizababaho biraza byihuta cyane.’+ Yosuwa 24:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Yosuwa abwira rubanda ati “ntimuzashobora gukorera Yehova kuko ari Imana yera.+ Ni Imana ishaka ko umuntu ayiyegurira nta kindi ayibangikanyije na cyo.+ Ntizabababarira kwigomeka kwanyu n’ibyaha byanyu.+ Abaroma 2:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Ariko mu buryo buhuje no kwinangira kwawe+ n’umutima wawe utihana,+ wikururira umujinya+ wo ku munsi w’uburakari+ n’uwo guhishurwa+ k’urubanza rukiranuka rw’Imana.+ 2 Petero 2:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Koko rero, Imana ntiyaretse guhana abamarayika+ bakoze icyaha, ahubwo yabajugunye muri Taritaro,*+ ibashyira mu myobo y’umwijima w’icuraburindi kugira ngo bategereze urubanza.+ Yuda 15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 aje kurangiza urubanza yaciriye abantu bose,+ no guhamya icyaha abatubaha Imana bose ku bw’ibikorwa bibi bakoze batubaha Imana, n’amagambo y’urukozasoni yose abanyabyaha batubaha Imana bavuze bayituka.”+
35 Guhora no kwitura ni ibyanjye.+Mu gihe cyagenwe, ikirenge cyabo kizanyerera,+Kuko umunsi wabo w’amakuba wegereje,+Kandi ibizababaho biraza byihuta cyane.’+
19 Yosuwa abwira rubanda ati “ntimuzashobora gukorera Yehova kuko ari Imana yera.+ Ni Imana ishaka ko umuntu ayiyegurira nta kindi ayibangikanyije na cyo.+ Ntizabababarira kwigomeka kwanyu n’ibyaha byanyu.+
5 Ariko mu buryo buhuje no kwinangira kwawe+ n’umutima wawe utihana,+ wikururira umujinya+ wo ku munsi w’uburakari+ n’uwo guhishurwa+ k’urubanza rukiranuka rw’Imana.+
4 Koko rero, Imana ntiyaretse guhana abamarayika+ bakoze icyaha, ahubwo yabajugunye muri Taritaro,*+ ibashyira mu myobo y’umwijima w’icuraburindi kugira ngo bategereze urubanza.+
15 aje kurangiza urubanza yaciriye abantu bose,+ no guhamya icyaha abatubaha Imana bose ku bw’ibikorwa bibi bakoze batubaha Imana, n’amagambo y’urukozasoni yose abanyabyaha batubaha Imana bavuze bayituka.”+