Kubara 21:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Bitotombera Imana+ na Mose+ bati “kuki mwadukuye muri Egiputa mukatuzana gupfira mu butayu?+ Nta byokurya bihaba, nta n’amazi ahari,+ kandi twazinutswe iyi ngirwamugati.”+ Gutegeka kwa Kabiri 8:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 akakugaburirira manu+ mu butayu, iyo ba sokuruza batigeze kumenya, kugira ngo akwigishe kwicisha bugufi+ kandi akugerageze hanyuma uzamererwe neza,+ Yosuwa 5:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Umunsi Abisirayeli batangiriyeho kurya ibyeze mu gihugu, manu ntiyongeye kuboneka.+ Muri uwo mwaka batangiye kurya ku byeze mu gihugu cy’i Kanani.+ Yohana 6:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 Ba sogokuruza bariye manu+ mu butayu, nk’uko byanditswe ngo ‘yabahaye umugati wo kurya uvuye mu ijuru.’”+ Yohana 6:58 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 58 Uyu ni wo mugati wavuye mu ijuru. Si nk’uwo ba sokuruza bariye, ariko bakarenga bagapfa. Urya kuri uwo mugati azabaho iteka ryose.”+ 1 Abakorinto 10:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 kandi ko bose bariye ibyokurya bimwe bivuye ku Mana,+ Abaheburayo 9:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Icyo cyumba cyarimo icyotero cya zahabu+ n’isanduku y’isezerano+ yari iyagirijweho zahabu impande zose,+ irimo urwabya rwa zahabu rwarimo manu,+ ikabamo na ya nkoni ya Aroni yarabije uburabyo,+ hamwe n’ibisate by’amabuye+ byanditsweho isezerano.
5 Bitotombera Imana+ na Mose+ bati “kuki mwadukuye muri Egiputa mukatuzana gupfira mu butayu?+ Nta byokurya bihaba, nta n’amazi ahari,+ kandi twazinutswe iyi ngirwamugati.”+
16 akakugaburirira manu+ mu butayu, iyo ba sokuruza batigeze kumenya, kugira ngo akwigishe kwicisha bugufi+ kandi akugerageze hanyuma uzamererwe neza,+
12 Umunsi Abisirayeli batangiriyeho kurya ibyeze mu gihugu, manu ntiyongeye kuboneka.+ Muri uwo mwaka batangiye kurya ku byeze mu gihugu cy’i Kanani.+
31 Ba sogokuruza bariye manu+ mu butayu, nk’uko byanditswe ngo ‘yabahaye umugati wo kurya uvuye mu ijuru.’”+
58 Uyu ni wo mugati wavuye mu ijuru. Si nk’uwo ba sokuruza bariye, ariko bakarenga bagapfa. Urya kuri uwo mugati azabaho iteka ryose.”+
4 Icyo cyumba cyarimo icyotero cya zahabu+ n’isanduku y’isezerano+ yari iyagirijweho zahabu impande zose,+ irimo urwabya rwa zahabu rwarimo manu,+ ikabamo na ya nkoni ya Aroni yarabije uburabyo,+ hamwe n’ibisate by’amabuye+ byanditsweho isezerano.