Kuva 20:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ujye ukora imirimo yawe yose mu minsi itandatu.+ Kuva 31:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 “nawe uzabwire Abisirayeli uti ‘ntimukabure kuziririza amasabato yanjye,+ kuko ari ikimenyetso hagati yanjye namwe mu bihe byanyu byose, kugira ngo mumenye ko ari jye Yehova ubeza.+ Gutegeka kwa Kabiri 5:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 Ujye wibuka ko wabaye umucakara mu gihugu cya Egiputa,+ maze Yehova Imana yawe akagukuzayo ukuboko gukomeye kandi kurambuye.+ Ni yo mpamvu Yehova Imana yawe yagutegetse kuziririza umunsi w’isabato.+ Yeremiya 17:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 Ntimukagire umutwaro muvana mu mazu yanyu ngo muwikorere ku munsi w’isabato, kandi ntimukagire umurimo uwo ari wo wose mukora.+ Mujye mweza umunsi w’isabato nk’uko nategetse ba sokuruza.+ Matayo 12:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Ibyo byose tubitekerejeho, umuntu afite agaciro kenshi kurusha intama!+ Bityo rero, gukora ikintu cyiza ku isabato byemewe n’amategeko.” Luka 13:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 Ariko Umwami aramusubiza ati “mwa ndyarya+ mwe, mbese buri wese muri mwe ntazitura ikimasa cye cyangwa indogobe ye ku isabato akayivana mu kiraro akajya kuyuhira?+
13 “nawe uzabwire Abisirayeli uti ‘ntimukabure kuziririza amasabato yanjye,+ kuko ari ikimenyetso hagati yanjye namwe mu bihe byanyu byose, kugira ngo mumenye ko ari jye Yehova ubeza.+
15 Ujye wibuka ko wabaye umucakara mu gihugu cya Egiputa,+ maze Yehova Imana yawe akagukuzayo ukuboko gukomeye kandi kurambuye.+ Ni yo mpamvu Yehova Imana yawe yagutegetse kuziririza umunsi w’isabato.+
22 Ntimukagire umutwaro muvana mu mazu yanyu ngo muwikorere ku munsi w’isabato, kandi ntimukagire umurimo uwo ari wo wose mukora.+ Mujye mweza umunsi w’isabato nk’uko nategetse ba sokuruza.+
12 Ibyo byose tubitekerejeho, umuntu afite agaciro kenshi kurusha intama!+ Bityo rero, gukora ikintu cyiza ku isabato byemewe n’amategeko.”
15 Ariko Umwami aramusubiza ati “mwa ndyarya+ mwe, mbese buri wese muri mwe ntazitura ikimasa cye cyangwa indogobe ye ku isabato akayivana mu kiraro akajya kuyuhira?+