Abalewi 26:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 “‘Ntimukiremere imana zitagira umumaro,+ kandi ntimugashinge ibishushanyo bibajwe+ cyangwa inkingi zera z’amabuye. Ntimugashyire mu gihugu cyanyu ibishushanyo bibajwe mu mabuye+ kugira ngo muyikubite imbere.+ Ndi Yehova Imana yanyu. Gutegeka kwa Kabiri 4:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 kugira ngo mudakora ibibarimbuza+ maze mukarema igishushanyo kibajwe, ishusho y’ikintu icyo ari cyo cyose, yaba iy’umugabo cyangwa iy’umugore,+ Gutegeka kwa Kabiri 5:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 “‘Ntukiremere igishushanyo kibajwe+ cyangwa ishusho+ isa n’ikintu cyose kiri hejuru mu ijuru, cyangwa ikiri hasi ku isi, cyangwa ikiri mu mazi yo ku isi. Yesaya 40:25 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 25 “Ariko se mwangereranya na nde ku buryo nahwana na we?” Ni ko Uwera abaza.+ Ibyakozwe 17:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 “Ubwo rero turi urubyaro rw’Imana,+ ntitugomba gutekereza ko Imana+ imeze nka zahabu cyangwa ifeza cyangwa ibuye, cyangwa ko imeze nk’ikintu cyabajwe biturutse ku bugeni n’ubwenge bw’abantu.+ 1 Abakorinto 8:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Naho ku birebana no kurya ibyokurya+ byatuwe ibigirwamana, tuzi ko ikigirwamana nta cyo ari cyo+ mu isi, kandi ko nta yindi Mana iriho uretse imwe.+ Ibyahishuwe 9:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Ariko abantu basigaye batishwe n’ibyo byago ntibihannye ibikorwa byabo+ ngo bareke gusenga abadayimoni+ n’ibigirwamana bikozwe muri zahabu n’ifeza+ n’umuringa n’amabuye n’ibiti, bidashobora kureba cyangwa kumva cyangwa kugenda.+
26 “‘Ntimukiremere imana zitagira umumaro,+ kandi ntimugashinge ibishushanyo bibajwe+ cyangwa inkingi zera z’amabuye. Ntimugashyire mu gihugu cyanyu ibishushanyo bibajwe mu mabuye+ kugira ngo muyikubite imbere.+ Ndi Yehova Imana yanyu.
16 kugira ngo mudakora ibibarimbuza+ maze mukarema igishushanyo kibajwe, ishusho y’ikintu icyo ari cyo cyose, yaba iy’umugabo cyangwa iy’umugore,+
8 “‘Ntukiremere igishushanyo kibajwe+ cyangwa ishusho+ isa n’ikintu cyose kiri hejuru mu ijuru, cyangwa ikiri hasi ku isi, cyangwa ikiri mu mazi yo ku isi.
29 “Ubwo rero turi urubyaro rw’Imana,+ ntitugomba gutekereza ko Imana+ imeze nka zahabu cyangwa ifeza cyangwa ibuye, cyangwa ko imeze nk’ikintu cyabajwe biturutse ku bugeni n’ubwenge bw’abantu.+
4 Naho ku birebana no kurya ibyokurya+ byatuwe ibigirwamana, tuzi ko ikigirwamana nta cyo ari cyo+ mu isi, kandi ko nta yindi Mana iriho uretse imwe.+
20 Ariko abantu basigaye batishwe n’ibyo byago ntibihannye ibikorwa byabo+ ngo bareke gusenga abadayimoni+ n’ibigirwamana bikozwe muri zahabu n’ifeza+ n’umuringa n’amabuye n’ibiti, bidashobora kureba cyangwa kumva cyangwa kugenda.+