Umubwiriza 10:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Niyo waba uri mu cyumba uryamamo, ntukavume umwami+ kandi ntukavumire umukire mu cyumba cy’imbere aho uryama,+ kuko ikiguruka cyo mu kirere kizajyana ijwi ryawe, kandi igifite amababa kizabivuga.+ Ibyakozwe 23:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Ariko Pawulo aravuga ati “bavandimwe, sinari nzi ko ari umutambyi mukuru, kuko handitswe ngo ‘ntukavuge nabi umutware w’ubwoko bwawe.’”+ 2 Petero 2:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 cyane cyane abakurikirana umubiri bafite irari ryo kuwuhumanya+ kandi bagasuzugura ubutware.+ Ni abantu bahangara, batsimbarara ku bitekerezo byabo; ntibatinya abanyacyubahiro, ahubwo barabatuka.+ Yuda 8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Nubwo bimeze bityo ariko, abo bantu bahora basa n’abari mu nzozi+ na bo bahumanya imibiri yabo, bagasuzugura ababayobora+ kandi bagatuka abanyacyubahiro.+
20 Niyo waba uri mu cyumba uryamamo, ntukavume umwami+ kandi ntukavumire umukire mu cyumba cy’imbere aho uryama,+ kuko ikiguruka cyo mu kirere kizajyana ijwi ryawe, kandi igifite amababa kizabivuga.+
5 Ariko Pawulo aravuga ati “bavandimwe, sinari nzi ko ari umutambyi mukuru, kuko handitswe ngo ‘ntukavuge nabi umutware w’ubwoko bwawe.’”+
10 cyane cyane abakurikirana umubiri bafite irari ryo kuwuhumanya+ kandi bagasuzugura ubutware.+ Ni abantu bahangara, batsimbarara ku bitekerezo byabo; ntibatinya abanyacyubahiro, ahubwo barabatuka.+
8 Nubwo bimeze bityo ariko, abo bantu bahora basa n’abari mu nzozi+ na bo bahumanya imibiri yabo, bagasuzugura ababayobora+ kandi bagatuka abanyacyubahiro.+