Abalewi 10:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 “ntukanywe divayi cyangwa ikindi kinyobwa gisindisha,+ wowe n’abahungu bawe, igihe muje mu ihema ry’ibonaniro kugira ngo mudapfa. Iryo rizababere itegeko ry’ibihe bitarondoreka mwe n’abazabakomokaho, Abacamanza 13:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Ntazagire ikintu na kimwe gikomoka ku muzabibu arya, ntazanywe divayi cyangwa ikindi kinyobwa gisindisha+ kandi ntazagire ikintu cyose gihumanye arya.+ Ibyo namutegetse byose azabyirinde.”+ Amosi 2:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 “‘Ariko mwanywesheje divayi Abanaziri,+ abahanuzi na bo murabategeka muti “ntimugahanure.”+ Luka 1:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 kuko azaba umuntu ukomeye imbere ya Yehova.+ Ariko ntagomba kunywa divayi cyangwa ibindi bisindisha,+ kuko azuzuzwa umwuka wera kuva akiri mu nda ya nyina.+ Luka 7:33 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 33 Mu buryo nk’ubwo, Yohana Umubatiza na we yaje atarya umugati atanywa na divayi, ariko muravuga ngo ‘afite umudayimoni.’+
9 “ntukanywe divayi cyangwa ikindi kinyobwa gisindisha,+ wowe n’abahungu bawe, igihe muje mu ihema ry’ibonaniro kugira ngo mudapfa. Iryo rizababere itegeko ry’ibihe bitarondoreka mwe n’abazabakomokaho,
14 Ntazagire ikintu na kimwe gikomoka ku muzabibu arya, ntazanywe divayi cyangwa ikindi kinyobwa gisindisha+ kandi ntazagire ikintu cyose gihumanye arya.+ Ibyo namutegetse byose azabyirinde.”+
15 kuko azaba umuntu ukomeye imbere ya Yehova.+ Ariko ntagomba kunywa divayi cyangwa ibindi bisindisha,+ kuko azuzuzwa umwuka wera kuva akiri mu nda ya nyina.+
33 Mu buryo nk’ubwo, Yohana Umubatiza na we yaje atarya umugati atanywa na divayi, ariko muravuga ngo ‘afite umudayimoni.’+