25 “Itsinda ry’imiryango itatu rihagarariwe n’umuryango wa Dani rizajya rikambika mu majyaruguru, hakurikijwe imitwe barimo. Umutware wa bene Dani ni Ahiyezeri+ mwene Amishadayi.
31 “Ababaruwe bose mu nkambi ihagarariwe n’umuryango wa Dani, ni ibihumbi ijana na mirongo itanu na birindwi na magana atandatu. Ni bo bazajya bahaguruka nyuma+ mu matsinda Abisirayeli babarirwamo y’imiryango itatu itatu.”