Kubara 26:64 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 64 Ariko muri abo babaruwe icyo gihe, nta n’umwe wari ukiriho mu bo Mose na Aroni umutambyi babaruriye mu butayu bwa Sinayi,+ Kubara 32:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 ‘abantu bavuye muri Egiputa bafite kuva ku myaka makumyabiri kujyana hejuru,+ ntibazabona igihugu narahiye ko nzaha Aburahamu, Isaka na Yakobo,+ kuko batankurikiye muri byose, Gutegeka kwa Kabiri 1:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 ‘nta n’umwe muri aba bantu babi b’iki gihe uzabona igihugu cyiza narahiriye kuzaha ba sokuruza,+ Zab. 95:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Nuko ndahira mfite uburakari+ nti“Ntibazinjira mu kiruhuko cyanjye.”+ Zab. 106:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 Nuko azamura ukuboko ararahira, avuga ibyabo+Ko azabatsinda mu butayu,+ Abaheburayo 3:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Ariko se, ni ba nde yarahiye+ ko batazinjira mu buruhukiro bwayo atari ba bandi batumviye?+ Abaheburayo 4:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Twebwe abizeye twinjira mu buruhukiro, nk’uko Imana yavuze iti “ni cyo cyatumye ndahira+ mfite uburakari nti ‘ntibazinjira+ mu buruhukiro bwanjye,’”+ nubwo imirimo yayo yarangiye+ uhereye igihe urufatiro rw’isi rwashyiriweho.+
64 Ariko muri abo babaruwe icyo gihe, nta n’umwe wari ukiriho mu bo Mose na Aroni umutambyi babaruriye mu butayu bwa Sinayi,+
11 ‘abantu bavuye muri Egiputa bafite kuva ku myaka makumyabiri kujyana hejuru,+ ntibazabona igihugu narahiye ko nzaha Aburahamu, Isaka na Yakobo,+ kuko batankurikiye muri byose,
3 Twebwe abizeye twinjira mu buruhukiro, nk’uko Imana yavuze iti “ni cyo cyatumye ndahira+ mfite uburakari nti ‘ntibazinjira+ mu buruhukiro bwanjye,’”+ nubwo imirimo yayo yarangiye+ uhereye igihe urufatiro rw’isi rwashyiriweho.+