Kubara 31:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Bazanira Mose na Eleyazari umutambyi n’iteraniro ryose ry’Abisirayeli abantu banyaze, ibyo basahuye n’iminyago, babizana aho bakambitse mu bibaya byo mu butayu bw’i Mowabu,+ hakurya y’uruzi rwa Yorodani, ahateganye n’i Yeriko. Kubara 31:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 mubigabanyemo kabiri, igice kimwe gihabwe abagiye ku rugamba, ikindi gihabwe abasigaye bose bagize iteraniro.+ 2 Ibyo ku Ngoma 14:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Asa n’ingabo ze barabakurikira babageza i Gerari,+ babica umugenda kugeza ubwo nta n’umwe wasigaye. Abanyetiyopiya batsindirwa uruhenu imbere ya Yehova+ n’ingabo ze.+ Hanyuma Abayuda batwara iminyago itagira ingano.+ Zab. 68:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Ndetse n’abami b’ingabo barahunga; yee, barahunga,+Naho umugore usigara mu rugo akagabana ku minyago.+
12 Bazanira Mose na Eleyazari umutambyi n’iteraniro ryose ry’Abisirayeli abantu banyaze, ibyo basahuye n’iminyago, babizana aho bakambitse mu bibaya byo mu butayu bw’i Mowabu,+ hakurya y’uruzi rwa Yorodani, ahateganye n’i Yeriko.
27 mubigabanyemo kabiri, igice kimwe gihabwe abagiye ku rugamba, ikindi gihabwe abasigaye bose bagize iteraniro.+
13 Asa n’ingabo ze barabakurikira babageza i Gerari,+ babica umugenda kugeza ubwo nta n’umwe wasigaye. Abanyetiyopiya batsindirwa uruhenu imbere ya Yehova+ n’ingabo ze.+ Hanyuma Abayuda batwara iminyago itagira ingano.+
12 Ndetse n’abami b’ingabo barahunga; yee, barahunga,+Naho umugore usigara mu rugo akagabana ku minyago.+