Abalewi 26:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 dore uko nanjye nzabagenza: nzabahana mbateze amakuba, murware igituntu,+ muhinde umuriro bibaheneshe amaso+ kandi muzahare.+ Muzabibira ubusa kuko abanzi banyu bazabirya.+ Gutegeka kwa Kabiri 28:51 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 51 Bazarya amatungo yawe n’ibyeze mu murima wawe, kugeza aho uzarimbukira.+ Ntibazagusigira ibinyampeke, cyangwa divayi nshya cyangwa amavuta, cyangwa imitavu cyangwa abana b’ihene n’ab’intama zawe, kugeza aho bakurimburiye.+ Nehemiya 9:37 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 37 n’umusaruro wacyo utubutse+ wikubirwa n’abami+ washyiriyeho kudutegeka bitewe n’ibyaha byacu,+ kandi badutwara uko bashaka twe n’amatungo yacu; none turi mu makuba menshi.+ Yesaya 1:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Igihugu cyanyu cyabaye amatongo,+ imigi yanyu yakongowe n’umuriro.+ Abanyamahanga+ barya igihugu cyanyu+ murebera, none gisigaye ari amatongo nk’icyarimbuwe n’abanyamahanga.+ Yeremiya 5:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Nanone bazarya umusaruro wanyu n’ibyokurya byanyu.+ Bazarya abahungu banyu n’abakobwa banyu, n’imikumbi yanyu n’amashyo yanyu. Bazarya imizabibu yanyu n’imitini yanyu.+ Imigi yanyu mwiringira igoswe n’inkuta bazayisenyesha inkota.”
16 dore uko nanjye nzabagenza: nzabahana mbateze amakuba, murware igituntu,+ muhinde umuriro bibaheneshe amaso+ kandi muzahare.+ Muzabibira ubusa kuko abanzi banyu bazabirya.+
51 Bazarya amatungo yawe n’ibyeze mu murima wawe, kugeza aho uzarimbukira.+ Ntibazagusigira ibinyampeke, cyangwa divayi nshya cyangwa amavuta, cyangwa imitavu cyangwa abana b’ihene n’ab’intama zawe, kugeza aho bakurimburiye.+
37 n’umusaruro wacyo utubutse+ wikubirwa n’abami+ washyiriyeho kudutegeka bitewe n’ibyaha byacu,+ kandi badutwara uko bashaka twe n’amatungo yacu; none turi mu makuba menshi.+
7 Igihugu cyanyu cyabaye amatongo,+ imigi yanyu yakongowe n’umuriro.+ Abanyamahanga+ barya igihugu cyanyu+ murebera, none gisigaye ari amatongo nk’icyarimbuwe n’abanyamahanga.+
17 Nanone bazarya umusaruro wanyu n’ibyokurya byanyu.+ Bazarya abahungu banyu n’abakobwa banyu, n’imikumbi yanyu n’amashyo yanyu. Bazarya imizabibu yanyu n’imitini yanyu.+ Imigi yanyu mwiringira igoswe n’inkuta bazayisenyesha inkota.”