5 Nuko amujyana hanze aramubwira ati “ubura amaso urebe ku ijuru maze ubare inyenyeri, niba ushobora kuzibara.”+ Arongera aramubwira ati “urubyaro rwawe na rwo ni ko ruzangana.”+
18 Nubwo nta cyo yari gushingiraho agira ibyiringiro, nyamara ashingiye ku byiringiro, yizeye+ ko yari kuzaba se w’amahanga menshi,+ mu buryo buhuje n’ibyo yari yarabwiwe ngo “uko ni ko urubyaro rwawe ruzamera.”+