Yosuwa 23:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 “Ariko nimuramuka musubiye inyuma+ mukifatanya akaramata n’abo muri ayo mahanga basigaye,+ ni ukuvuga abakiri kumwe namwe, maze mugashyingirana,+ mukifatanya na bo, na bo bakifatanya namwe, 2 Ibyo ku Ngoma 15:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Asanga Asa aramubwira ati “yewe Asa we, namwe Bayuda n’Ababenyamini, nimuntege amatwi! Yehova azabana namwe igihe cyose muzaba muri kumwe na we.+ Nimumushaka+ muzamubona, ariko nimumuta na we azabata.+ Ezira 8:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 Numvaga mfite isoni zo gusaba umwami ngo aduhe ingabo+ n’abagendera ku mafarashi+ bo kuturinda umwanzi mu nzira, bitewe n’uko twari twabwiye umwami tuti “ukuboko+ kw’Imana yacu kuri ku bayishaka bose kugira ngo ibagirire neza,+ ariko imbaraga zayo n’uburakari bwayo+ birwanya abayireka bose.”+ Yesaya 1:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 Abigomeka n’abanyabyaha bazarimburirwa rimwe,+ kandi abataye Yehova bazakurwaho.+ Yeremiya 17:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Yehova wowe byiringiro bya Isirayeli,+ abakureka bose bazakorwa n’isoni.+ Abahinduka abahakanyi bakandeka,+ bazandikwa ku butaka kuko baretse Yehova, we soko y’amazi atanga ubuzima.+
12 “Ariko nimuramuka musubiye inyuma+ mukifatanya akaramata n’abo muri ayo mahanga basigaye,+ ni ukuvuga abakiri kumwe namwe, maze mugashyingirana,+ mukifatanya na bo, na bo bakifatanya namwe,
2 Asanga Asa aramubwira ati “yewe Asa we, namwe Bayuda n’Ababenyamini, nimuntege amatwi! Yehova azabana namwe igihe cyose muzaba muri kumwe na we.+ Nimumushaka+ muzamubona, ariko nimumuta na we azabata.+
22 Numvaga mfite isoni zo gusaba umwami ngo aduhe ingabo+ n’abagendera ku mafarashi+ bo kuturinda umwanzi mu nzira, bitewe n’uko twari twabwiye umwami tuti “ukuboko+ kw’Imana yacu kuri ku bayishaka bose kugira ngo ibagirire neza,+ ariko imbaraga zayo n’uburakari bwayo+ birwanya abayireka bose.”+
13 Yehova wowe byiringiro bya Isirayeli,+ abakureka bose bazakorwa n’isoni.+ Abahinduka abahakanyi bakandeka,+ bazandikwa ku butaka kuko baretse Yehova, we soko y’amazi atanga ubuzima.+