Intangiriro 18:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Yubuye amaso+ abona abagabo batatu bahagaze ku ntera runaka y’aho ari. Ababonye ava ku muryango w’ihema rye yiruka abasanga, maze abikubita imbere.+ Kuva 23:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Umumarayika wanjye azakugenda imbere akugeze mu gihugu cy’Abamori n’Abaheti n’Abaperizi n’Abanyakanani n’Abahivi n’Abayebusi, kandi nzabatsembaho.+ Abacamanza 13:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Nuko uwo mugore aragenda abwira umugabo we ati “hari umuntu w’Imana y’ukuri waje kundeba. Yasaga n’umumarayika w’Imana y’ukuri,+ ateye ubwoba cyane.+ Sinamubajije aho aturutse kandi na we ntiyambwiye izina rye.+ Ibyakozwe 1:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Nuko zikiraramye zireba mu ijuru ubwo yagendaga,+ zibona abagabo babiri bambaye imyenda yera+ bahagaze iruhande rwazo,
2 Yubuye amaso+ abona abagabo batatu bahagaze ku ntera runaka y’aho ari. Ababonye ava ku muryango w’ihema rye yiruka abasanga, maze abikubita imbere.+
23 Umumarayika wanjye azakugenda imbere akugeze mu gihugu cy’Abamori n’Abaheti n’Abaperizi n’Abanyakanani n’Abahivi n’Abayebusi, kandi nzabatsembaho.+
6 Nuko uwo mugore aragenda abwira umugabo we ati “hari umuntu w’Imana y’ukuri waje kundeba. Yasaga n’umumarayika w’Imana y’ukuri,+ ateye ubwoba cyane.+ Sinamubajije aho aturutse kandi na we ntiyambwiye izina rye.+
10 Nuko zikiraramye zireba mu ijuru ubwo yagendaga,+ zibona abagabo babiri bambaye imyenda yera+ bahagaze iruhande rwazo,