19 Ariko se akomeza kubyanga aravuga ati “ndabizi mwana wanjye, ndabizi. Na we azakomokwaho n’abantu benshi, na we azaba ubwoko bukomeye.+ Ariko murumuna we azakomera amurute,+ kandi urubyaro rwe ruzagwira rungane n’amahanga.”+
37 Iyo ni yo miryango ya bene Efurayimu.+ Ababaruwe bari ibihumbi mirongo itatu na bibiri na magana atanu. Abo ni bo bene Yozefu n’imiryango yabakomotseho.+