Gutegeka kwa Kabiri 20:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 “Nujya ku rugamba kurwana n’abanzi bawe ukabona bafite amafarashi n’amagare y’intambara,+ bafite n’abantu benshi kubarusha, ntuzabatinye kuko Yehova Imana yawe wagukuye mu gihugu cya Egiputa+ ari kumwe nawe.+ Gutegeka kwa Kabiri 31:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Mugire ubutwari kandi mukomere.+ Ntibagutere ubwoba cyangwa ngo bagukure umutima,+ kuko Yehova Imana yawe agendana nawe. Ntazagusiga cyangwa ngo agutererane burundu.”+ Yosuwa 13:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Abatuye mu karere k’imisozi miremire bose, kuva muri Libani+ kugeza i Misirefoti-Mayimu,+ ni ukuvuga Abasidoni+ bose, jye ubwanjye nzabirukana imbere y’Abisirayeli.+ Uhagabanye Abisirayeli habe gakondo yabo nk’uko nabigutegetse.+ Zab. 27:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Yehova ni urumuri rwanjye+ n’agakiza kanjye.+Nzatinya nde?+Yehova ni igihome gikingira ubuzima bwanjye.+Ni nde uzantera ubwoba?+ Abaroma 8:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 None se ibyo bintu tubivugeho iki? Niba Imana iri mu ruhande rwacu, ni nde uzaturwanya?+ Abaheburayo 13:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Bityo dushobora kugira ubutwari+ bwinshi tukavuga tuti “Yehova ni we umfasha, sinzatinya. Umuntu yantwara iki?”+
20 “Nujya ku rugamba kurwana n’abanzi bawe ukabona bafite amafarashi n’amagare y’intambara,+ bafite n’abantu benshi kubarusha, ntuzabatinye kuko Yehova Imana yawe wagukuye mu gihugu cya Egiputa+ ari kumwe nawe.+
6 Mugire ubutwari kandi mukomere.+ Ntibagutere ubwoba cyangwa ngo bagukure umutima,+ kuko Yehova Imana yawe agendana nawe. Ntazagusiga cyangwa ngo agutererane burundu.”+
6 Abatuye mu karere k’imisozi miremire bose, kuva muri Libani+ kugeza i Misirefoti-Mayimu,+ ni ukuvuga Abasidoni+ bose, jye ubwanjye nzabirukana imbere y’Abisirayeli.+ Uhagabanye Abisirayeli habe gakondo yabo nk’uko nabigutegetse.+
27 Yehova ni urumuri rwanjye+ n’agakiza kanjye.+Nzatinya nde?+Yehova ni igihome gikingira ubuzima bwanjye.+Ni nde uzantera ubwoba?+
6 Bityo dushobora kugira ubutwari+ bwinshi tukavuga tuti “Yehova ni we umfasha, sinzatinya. Umuntu yantwara iki?”+