Intangiriro 19:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Bahamagara Loti baramubwira bati “abagabo baje iwawe iri joro bari he? Basohore ubaduhe turyamane na bo.”+ Abalewi 20:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 “‘Umugabo naryamana n’undi mugabo nk’uko umugabo aryamana n’umugore, bazaba bakoze ikintu cyangwa urunuka.+ Bombi bazicwe. Amaraso yabo azababarweho. Abaroma 1:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Mu buryo nk’ubwo, abagabo na bo baretse kugirira abagore ibyo imibiri yabo yaremewe,+ bagurumanishwa n’iruba ryo kurarikirana, abagabo bakararikira abandi bagabo,+ bagakora ibiteye isoni,+ maze mu mibiri yabo bakabona igihembo cyuzuye+ gikwiranye no kuyoba kwabo.+ 1 Abakorinto 6:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ni ko ye, ntimuzi ko abakiranirwa batazaragwa ubwami bw’Imana?+ Ntimuyobe: abasambanyi,+ abasenga ibigirwamana,+ abahehesi,+ abagabo bakoreshwa ibyo imibiri yabo itaremewe,+ abagabo baryamana n’abandi bagabo,+ Yuda 7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ab’i Sodomu n’i Gomora n’imigi yari ihakikije,+ na bo bamaze kwishora mu busambanyi bukabije kimwe n’abo bamarayika, bagatwarwa n’irari ry’umubiri kugira ngo bawukoreshe ibyo utaremewe,+ bashyiriweho kutubera akabarore+ ubwo bahanishwaga umuriro w’iteka.+
5 Bahamagara Loti baramubwira bati “abagabo baje iwawe iri joro bari he? Basohore ubaduhe turyamane na bo.”+
13 “‘Umugabo naryamana n’undi mugabo nk’uko umugabo aryamana n’umugore, bazaba bakoze ikintu cyangwa urunuka.+ Bombi bazicwe. Amaraso yabo azababarweho.
27 Mu buryo nk’ubwo, abagabo na bo baretse kugirira abagore ibyo imibiri yabo yaremewe,+ bagurumanishwa n’iruba ryo kurarikirana, abagabo bakararikira abandi bagabo,+ bagakora ibiteye isoni,+ maze mu mibiri yabo bakabona igihembo cyuzuye+ gikwiranye no kuyoba kwabo.+
9 Ni ko ye, ntimuzi ko abakiranirwa batazaragwa ubwami bw’Imana?+ Ntimuyobe: abasambanyi,+ abasenga ibigirwamana,+ abahehesi,+ abagabo bakoreshwa ibyo imibiri yabo itaremewe,+ abagabo baryamana n’abandi bagabo,+
7 Ab’i Sodomu n’i Gomora n’imigi yari ihakikije,+ na bo bamaze kwishora mu busambanyi bukabije kimwe n’abo bamarayika, bagatwarwa n’irari ry’umubiri kugira ngo bawukoreshe ibyo utaremewe,+ bashyiriweho kutubera akabarore+ ubwo bahanishwaga umuriro w’iteka.+