Intangiriro 9:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Umuntu wese uvusha amaraso y’umuntu na we amaraso ye azavushwa+ n’undi muntu, kuko Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo. Kubara 35:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 “‘Niba yamukubise ikintu gikozwe mu cyuma agapfa, azaba ari umwicanyi.+ Uwo mwicanyi azicwe.+ Abacamanza 9:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Hanyuma Abimeleki ajya mu rugo rwa se rwo muri Ofura+ yica abavandimwe be,+ abahungu mirongo irindwi ba Yerubayali, abicira ku ibuye rimwe. Ariko Yotamu, umuhungu w’umuhererezi wa Yerubayali, ararokoka kuko yari yihishe. 1 Abami 2:32 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 Yehova azatuma amaraso ye amugaruka ku mutwe+ kuko yishe abagabo babiri bakiranukaga cyane kandi bari beza kumurusha,+ akabicisha inkota data Dawidi atabizi.+ Abo bagabo ni Abuneri+ mwene Neri umugaba w’ingabo za Isirayeli,+ na Amasa+ mwene Yeteri umugaba w’ingabo z’u Buyuda.+ Zab. 7:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Akaga ke kazamugaruka ku mutwe,+Urugomo rwe ruzamumanukira ku mutwe.+ Matayo 23:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 kugira ngo mugibweho n’umwenda w’amaraso y’abakiranutsi bose biciwe mu isi,+ uhereye ku maraso y’umukiranutsi+ Abeli,+ ukageza ku maraso ya Zekariya mwene Barakiya, uwo mwiciye hagati y’ahera h’urusengero n’igicaniro.+
6 Umuntu wese uvusha amaraso y’umuntu na we amaraso ye azavushwa+ n’undi muntu, kuko Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo.
5 Hanyuma Abimeleki ajya mu rugo rwa se rwo muri Ofura+ yica abavandimwe be,+ abahungu mirongo irindwi ba Yerubayali, abicira ku ibuye rimwe. Ariko Yotamu, umuhungu w’umuhererezi wa Yerubayali, ararokoka kuko yari yihishe.
32 Yehova azatuma amaraso ye amugaruka ku mutwe+ kuko yishe abagabo babiri bakiranukaga cyane kandi bari beza kumurusha,+ akabicisha inkota data Dawidi atabizi.+ Abo bagabo ni Abuneri+ mwene Neri umugaba w’ingabo za Isirayeli,+ na Amasa+ mwene Yeteri umugaba w’ingabo z’u Buyuda.+
35 kugira ngo mugibweho n’umwenda w’amaraso y’abakiranutsi bose biciwe mu isi,+ uhereye ku maraso y’umukiranutsi+ Abeli,+ ukageza ku maraso ya Zekariya mwene Barakiya, uwo mwiciye hagati y’ahera h’urusengero n’igicaniro.+