16 “ejo nk’iki gihe nzakoherereza umuntu wo mu gihugu cy’Ababenyamini.+ Uzamusukeho amavuta+ kugira ngo abe umutware w’ubwoko bwanjye bwa Isirayeli. Azakiza ubwoko bwanjye amaboko y’Abafilisitiya,+ kuko nabonye akababaro k’ubwoko bwanjye, kandi gutaka kwabo kukaba kwarangezeho.”+