Abacamanza 9:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 igihe data yabarwaniraga+ agashyira ubugingo bwe mu kaga+ kugira ngo abakize amaboko y’Abamidiyani.+ Abacamanza 12:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Mbonye ko mutari bunkize, niyemeza gushyira ubugingo bwanjye mu kaga*+ ntera Abamoni,+ Yehova abahana mu maboko yanjye. Kuki uyu munsi mumpagurukiye kugira ngo mundwanye?” 1 Samweli 28:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 Uwo mugore ajya aho Sawuli ari, asanga yihebye bikabije. Aramubwira ati “dore umuja wawe nakumviye nshyira ubugingo bwanjye mu kaga,+ kandi numviye ibyo wantegetse. Zab. 119:109 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 109 Ubuzima bwanjye buhora mu kaga,*+ Ariko sinibagiwe amategeko yawe.+ Ibyakozwe 20:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 Icyakora sinita cyane ku bugingo bwanjye nk’aho ari ubw’agaciro kenshi kuri jye.+ Icy’ingenzi ni uko ndangiza isiganwa ryanjye+ n’umurimo+ nahawe+ n’Umwami Yesu, wo kubwiriza mu buryo bunonosoye ubutumwa bwiza bw’ubuntu butagereranywa bw’Imana.+ Abafilipi 2:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 kuko yageze hafi yo gupfa bitewe n’umurimo w’Umwami, agashyira ubugingo bwe mu kaga+ kugira ngo ankorere ibyo mutashoboraga kunkorera,+ kuko mutari muhari.
17 igihe data yabarwaniraga+ agashyira ubugingo bwe mu kaga+ kugira ngo abakize amaboko y’Abamidiyani.+
3 Mbonye ko mutari bunkize, niyemeza gushyira ubugingo bwanjye mu kaga*+ ntera Abamoni,+ Yehova abahana mu maboko yanjye. Kuki uyu munsi mumpagurukiye kugira ngo mundwanye?”
21 Uwo mugore ajya aho Sawuli ari, asanga yihebye bikabije. Aramubwira ati “dore umuja wawe nakumviye nshyira ubugingo bwanjye mu kaga,+ kandi numviye ibyo wantegetse.
24 Icyakora sinita cyane ku bugingo bwanjye nk’aho ari ubw’agaciro kenshi kuri jye.+ Icy’ingenzi ni uko ndangiza isiganwa ryanjye+ n’umurimo+ nahawe+ n’Umwami Yesu, wo kubwiriza mu buryo bunonosoye ubutumwa bwiza bw’ubuntu butagereranywa bw’Imana.+
30 kuko yageze hafi yo gupfa bitewe n’umurimo w’Umwami, agashyira ubugingo bwe mu kaga+ kugira ngo ankorere ibyo mutashoboraga kunkorera,+ kuko mutari muhari.