22 Ariko abantu babi b’imburamumaro+ mu bari bajyanye na Dawidi, baravuga bati “nta kintu na kimwe turi bubahe mu minyago twagaruje, kuko batajyanye natwe. Buri wese turamuha gusa umugore we n’abana be, abafate agende.”
24 Ni nde wakwemera gukora ibyo muvuga? Uwagiye ku rugamba arahabwa umugabane ungana n’uw’uwasigaye arinze imitwaro.+ Bose bari bugabane baringanize.”+