Intangiriro 49:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Inkoni y’ubwami ntizava kuri Yuda,+ kandi inkoni y’ubutware ntizava hagati y’ibirenge bye, kugeza aho Shilo* azazira.+ Uwo ni we abantu bazumvira.+ 1 Abami 8:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Yehova yashohoje ijambo yavuze,+ nsimbura data Dawidi nicara ku ntebe y’ubwami ya Isirayeli,+ nk’uko Yehova yabivuze, kandi nubakira Yehova Imana ya Isirayeli inzu yitirirwa izina rye,+ Zab. 132:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Yehova yarahiye Dawidi,+Kandi ni ukuri ntazisubiraho,+ ati “Uwo mu rubyaro rwawe+Nzamwicaza ku ntebe yawe y’ubwami.+ Yesaya 9:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ubutware bwe buziyongera+ kandi amahoro ntazagira iherezo+ ku ntebe y’ubwami ya Dawidi+ no mu bwami bwe, kugira ngo abukomeze+ kandi abushyigikize ubutabera+ no gukiranuka,+ uhereye ubu kugeza ibihe bitarondoreka. Ibyo ngibyo Yehova nyir’ingabo azabisohoresha umwete we.+ Yesaya 11:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Ku gishyitsi cya Yesayi+ hazashibukaho ishami,+ kandi umushibu uzashibuka+ ku mizi ye uzarumbuka.+ Matayo 21:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Naho imbaga y’abantu bari bamushagaye, bamwe imbere abandi inyuma, bakomeza kurangurura amajwi bagira bati “turakwinginze, kiza+ Mwene Dawidi!+ Hahirwa uje mu izina rya Yehova!+ Turakwinginze, mukize wowe uri mu ijuru!”+ Matayo 22:42 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 42 “ibya Kristo mubitekerezaho iki? Ni mwene nde?” Baramusubiza bati “ni mwene Dawidi.”+ Luka 1:32 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 Uwo azaba umuntu ukomeye,+ azitwa Umwana w’Isumbabyose,+ kandi Yehova Imana azamuha intebe y’ubwami+ ya se Dawidi.+ Yohana 7:42 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 42 Ibyanditswe ntibivuga ko Kristo azakomoka mu rubyaro rwa Dawidi+ kandi agaturuka i Betelehemu+ mu mudugudu Dawidi yabagamo?”+ Ibyakozwe 2:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 Ariko kubera ko yari umuhanuzi kandi akaba yari azi ko Imana yari yaramurahiye indahiro y’uko yari kuzicaza uwo mu rubyaro rwe ku ntebe ye y’ubwami,+
10 Inkoni y’ubwami ntizava kuri Yuda,+ kandi inkoni y’ubutware ntizava hagati y’ibirenge bye, kugeza aho Shilo* azazira.+ Uwo ni we abantu bazumvira.+
20 Yehova yashohoje ijambo yavuze,+ nsimbura data Dawidi nicara ku ntebe y’ubwami ya Isirayeli,+ nk’uko Yehova yabivuze, kandi nubakira Yehova Imana ya Isirayeli inzu yitirirwa izina rye,+
11 Yehova yarahiye Dawidi,+Kandi ni ukuri ntazisubiraho,+ ati “Uwo mu rubyaro rwawe+Nzamwicaza ku ntebe yawe y’ubwami.+
7 Ubutware bwe buziyongera+ kandi amahoro ntazagira iherezo+ ku ntebe y’ubwami ya Dawidi+ no mu bwami bwe, kugira ngo abukomeze+ kandi abushyigikize ubutabera+ no gukiranuka,+ uhereye ubu kugeza ibihe bitarondoreka. Ibyo ngibyo Yehova nyir’ingabo azabisohoresha umwete we.+
11 Ku gishyitsi cya Yesayi+ hazashibukaho ishami,+ kandi umushibu uzashibuka+ ku mizi ye uzarumbuka.+
9 Naho imbaga y’abantu bari bamushagaye, bamwe imbere abandi inyuma, bakomeza kurangurura amajwi bagira bati “turakwinginze, kiza+ Mwene Dawidi!+ Hahirwa uje mu izina rya Yehova!+ Turakwinginze, mukize wowe uri mu ijuru!”+
32 Uwo azaba umuntu ukomeye,+ azitwa Umwana w’Isumbabyose,+ kandi Yehova Imana azamuha intebe y’ubwami+ ya se Dawidi.+
42 Ibyanditswe ntibivuga ko Kristo azakomoka mu rubyaro rwa Dawidi+ kandi agaturuka i Betelehemu+ mu mudugudu Dawidi yabagamo?”+
30 Ariko kubera ko yari umuhanuzi kandi akaba yari azi ko Imana yari yaramurahiye indahiro y’uko yari kuzicaza uwo mu rubyaro rwe ku ntebe ye y’ubwami,+