46 Uyu munsi Yehova arakungabiza+ nkwice nguce umutwe. Uyu munsi ndagaburira ibisiga byo mu kirere n’inyamaswa zo ku isi+ intumbi z’ingabo z’Abafilisitiya, kandi abantu bo ku isi bose bazamenya ko muri Isirayeli hari Imana y’ukuri.+
3 “Yehova aravuga ati ‘nzabateza ibyago by’ubwoko bune:+ inkota yo kubica, imbwa zo kubakurubana, n’ibiguruka mu kirere+ n’inyamaswa zo ku isi bibarye bibarimbure.