1 Abami 11:36 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 36 Umwana we nzamuha umuryango umwe, kugira ngo ukomoka* ku mugaragu wanjye Dawidi akomeze gutegekera imbere yanjye muri Yerusalemu,+ umugi natoranyije kugira ngo mpashyire izina ryanjye.+ 2 Ibyo ku Ngoma 21:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Icyakora Yehova ntiyashatse kurimbura inzu ya Dawidi,+ bitewe n’isezerano+ yari yaragiranye na Dawidi, kandi akaba yari yaramubwiye ko yari kuzamuha+ urubyaro* ruzakomeza gutegeka.+ Zab. 132:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Aho ni ho nzakuriza ihembe rya Dawidi.+Natunganyirije itara uwo nasutseho amavuta.+ Luka 1:69 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 69 Yaduhagurukirije ihembe+ ry’agakiza mu nzu ya Dawidi umugaragu we, Luka 2:32 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 n’urumuri+ rwo gukura igitwikirizo+ ku maso y’amahanga,+ n’icyubahiro cy’ubwoko bwawe bwa Isirayeli.” Yohana 1:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Umucyo nyakuri+ uha abantu b’ingeri zose+ umucyo,+ wari ugiye kuza mu isi. Yohana 8:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Yesu yongera kubabwira ati “ndi umucyo+ w’isi. Unkurikira ntazigera na rimwe agendera mu mwijima,+ ahubwo azagira umucyo w’ubuzima.” Ibyahishuwe 22:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 “‘Jyewe Yesu, natumye umumarayika wanjye kubahamiriza ibyo bintu bigenewe amatorero. Ndi umuzi+ n’urubyaro+ rwa Dawidi, kandi ni jye nyenyeri yaka ya mu gitondo.’”+
36 Umwana we nzamuha umuryango umwe, kugira ngo ukomoka* ku mugaragu wanjye Dawidi akomeze gutegekera imbere yanjye muri Yerusalemu,+ umugi natoranyije kugira ngo mpashyire izina ryanjye.+
7 Icyakora Yehova ntiyashatse kurimbura inzu ya Dawidi,+ bitewe n’isezerano+ yari yaragiranye na Dawidi, kandi akaba yari yaramubwiye ko yari kuzamuha+ urubyaro* ruzakomeza gutegeka.+
32 n’urumuri+ rwo gukura igitwikirizo+ ku maso y’amahanga,+ n’icyubahiro cy’ubwoko bwawe bwa Isirayeli.”
12 Yesu yongera kubabwira ati “ndi umucyo+ w’isi. Unkurikira ntazigera na rimwe agendera mu mwijima,+ ahubwo azagira umucyo w’ubuzima.”
16 “‘Jyewe Yesu, natumye umumarayika wanjye kubahamiriza ibyo bintu bigenewe amatorero. Ndi umuzi+ n’urubyaro+ rwa Dawidi, kandi ni jye nyenyeri yaka ya mu gitondo.’”+