Gutegeka kwa Kabiri 4:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 Wowe ho warabyeretswe kugira ngo umenye ko Yehova ari we Mana y’ukuri,+ ko nta yindi ibaho uretse we.+ 2 Abami 17:41 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 41 Ayo mahanga yatinyaga Yehova+ ariko agakorera ibishushanyo byayo bibajwe. Kugeza n’uyu munsi abana babo n’abuzukuru babo baracyakora nk’ibyo ba sekuruza bakoraga. Yesaya 42:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 “Ndi Yehova. Iryo ni ryo zina ryanjye,+ kandi nta wundi nzaha icyubahiro cyanjye,+ n’ikuzo ryanjye+ sinzariha ibishushanyo bibajwe.+ Yeremiya 2:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Mbese hari ishyanga ryigeze kugurana imana+ zaryo ibitari imana nyakuri?+ Nyamara abagize ubwoko bwanjye baguranye ikuzo ryanjye ibidashobora kugira icyo bibamarira.+ Hoseya 10:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Umutima wabo wuzuye uburyarya;+ bazahamwa n’icyaha. “Hari uzasenya ibicaniro byabo, agasahura inkingi zabo.+ Matayo 12:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 Utari ku ruhande rwanjye aba andwanya, kandi uwo tudateranyiriza hamwe aranyanyagiza.+ 1 Abakorinto 10:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 Ntimushobora kunywera ku gikombe cya Yehova+ ngo munywere no ku gikombe cy’abadayimoni; ntimushobora gusangirira ku “meza ya Yehova”+ no ku meza y’abadayimoni. 2 Abakorinto 6:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Ntimukifatanye n’abatizera+ kuko mudahuje. Gukiranuka n’ubwicamategeko bifitanye sano ki?+ Cyangwa umucyo n’umwijima bihuriye he?+
35 Wowe ho warabyeretswe kugira ngo umenye ko Yehova ari we Mana y’ukuri,+ ko nta yindi ibaho uretse we.+
41 Ayo mahanga yatinyaga Yehova+ ariko agakorera ibishushanyo byayo bibajwe. Kugeza n’uyu munsi abana babo n’abuzukuru babo baracyakora nk’ibyo ba sekuruza bakoraga.
8 “Ndi Yehova. Iryo ni ryo zina ryanjye,+ kandi nta wundi nzaha icyubahiro cyanjye,+ n’ikuzo ryanjye+ sinzariha ibishushanyo bibajwe.+
11 Mbese hari ishyanga ryigeze kugurana imana+ zaryo ibitari imana nyakuri?+ Nyamara abagize ubwoko bwanjye baguranye ikuzo ryanjye ibidashobora kugira icyo bibamarira.+
2 Umutima wabo wuzuye uburyarya;+ bazahamwa n’icyaha. “Hari uzasenya ibicaniro byabo, agasahura inkingi zabo.+
21 Ntimushobora kunywera ku gikombe cya Yehova+ ngo munywere no ku gikombe cy’abadayimoni; ntimushobora gusangirira ku “meza ya Yehova”+ no ku meza y’abadayimoni.
14 Ntimukifatanye n’abatizera+ kuko mudahuje. Gukiranuka n’ubwicamategeko bifitanye sano ki?+ Cyangwa umucyo n’umwijima bihuriye he?+