1 Abami 10:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Iyo ntebe yari ifite amadarajya* atandatu agana aho bicara, kandi ku rwegamiro rwayo yari ifite akantu kihese kayitwikiriye. Buri ruhande rw’aho bicara rwari rufite aho kurambika inkokora,+ kandi kuri buri ruhande hari igishushanyo cy’intare.+ 2 Ibyo ku Ngoma 9:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Kuri ayo madarajya atandatu hari ibishushanyo cumi na bibiri by’intare,+ bitandatu muri buri ruhande. Nta bundi bwami bwari bwarakoze intebe nk’iyo.+ Ezekiyeli 41:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Mu maso h’umuntu hari herekeye igiti cy’umukindo mu ruhande rumwe, naho mu maso h’intare y’umugara ikiri nto herekeye igiti cy’umukindo mu rundi ruhande;+ byose byari bishushanyije mu rukuta rw’inzu impande zose. Hoseya 5:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Nzabera Efurayimu nk’umugunzu w’intare,+ mbere ab’inzu ya Yuda nk’intare y’umugara ikiri nto. Jye ubwanjye nzabatanyaguza maze mbatware nigendere, kandi nta wuzabasha kubakiza.+
19 Iyo ntebe yari ifite amadarajya* atandatu agana aho bicara, kandi ku rwegamiro rwayo yari ifite akantu kihese kayitwikiriye. Buri ruhande rw’aho bicara rwari rufite aho kurambika inkokora,+ kandi kuri buri ruhande hari igishushanyo cy’intare.+
19 Kuri ayo madarajya atandatu hari ibishushanyo cumi na bibiri by’intare,+ bitandatu muri buri ruhande. Nta bundi bwami bwari bwarakoze intebe nk’iyo.+
19 Mu maso h’umuntu hari herekeye igiti cy’umukindo mu ruhande rumwe, naho mu maso h’intare y’umugara ikiri nto herekeye igiti cy’umukindo mu rundi ruhande;+ byose byari bishushanyije mu rukuta rw’inzu impande zose.
14 Nzabera Efurayimu nk’umugunzu w’intare,+ mbere ab’inzu ya Yuda nk’intare y’umugara ikiri nto. Jye ubwanjye nzabatanyaguza maze mbatware nigendere, kandi nta wuzabasha kubakiza.+