9 ‘nitugwirirwa n’amakuba,+ yaba inkota cyangwa gutsindwa n’urubanza, cyaba icyorezo+ cyangwa inzara,+ tujye duhagarara imbere y’iyi nzu+ n’imbere yawe (kuko muri iyi nzu ari ho izina ryawe+ riri), kugira ngo tugutabaze udukize akaga duhuye na ko, utwumve kandi udukize.’+