Abalewi 26:33 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 33 Namwe nzabatatanyiriza mu mahanga+ kandi nkure inkota yanjye nyibakurikize;+ igihugu cyanyu kizaba umusaka,+ imigi yanyu ihinduke amatongo. Gutegeka kwa Kabiri 4:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 uyu munsi ntanze ijuru n’isi ho abagabo+ bazabashinja ko muzahita murimbukira muri icyo gihugu mugiye kwambuka Yorodani ngo mucyigarurire. Ntimuzakimaramo igihe, kuko muzarimburwa nta kabuza.+ Gutegeka kwa Kabiri 28:36 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 36 Wowe n’umwami+ uziyimikira ngo agutegeke, Yehova azabajyana+ mu gihugu utigeze umenya, yaba wowe cyangwa ba sokuruza, kandi nugerayo uzakorera izindi mana z’ibiti n’amabuye.+ Gutegeka kwa Kabiri 28:64 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 64 “Yehova azagutatanyiriza mu mahanga yose, kuva ku mpera imwe y’isi kugera ku yindi,+ kandi nugerayo uzakorera izindi mana utigeze umenya, yaba wowe cyangwa ba sokuruza, imana z’ibiti n’amabuye.+ 2 Abami 23:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Yehova yaravuze ati “u Buyuda+ na bwo nzabukura imbere y’amaso yanjye+ nk’uko nakuye Isirayeli imbere y’amaso yanjye,+ kandi uyu mugi natoranyije, Yerusalemu, nzawuta, nte n’inzu navuzeho nti ‘ni ho hazaba izina ryanjye.’”+ Yeremiya 24:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 kandi nzabateza ibyago ku buryo amahanga yose yo mu isi azabireba+ agahinda umushyitsi, kandi bazaba igitutsi n’iciro ry’imigani, bahinduke urw’amenyo+ n’umuvumo+ aho nabatatanyirije hose.+ Yeremiya 25:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Iki gihugu cyose kizahinduka amatongo n’icyo gutangarirwa, kandi ayo mahanga azamara imyaka mirongo irindwi akorera umwami w’i Babuloni.”’+ Ezekiyeli 12:25 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 25 ‘“Jyewe Yehova nzavuga, kandi ibyo nzavuga bizasohozwa.+ Ntibizongera gusubikwa ukundi,+ kuko mu minsi yanyu+ nzavuga, mwa b’inzu y’ibyigomeke mwe, kandi ibyo nzavuga nzabisohoza,” ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga.’” Ezekiyeli 24:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Jyewe Yehova ni jye wabivuze.+ Bizasohora+ kandi ni jye uzabikora. Sinzabyirengagiza+ cyangwa ngo ngire impuhwe,+ habe no kubyicuza.+ Bazagucira urubanza bakurikije inzira zawe n’imigenzereze yawe,’+ ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga.”
33 Namwe nzabatatanyiriza mu mahanga+ kandi nkure inkota yanjye nyibakurikize;+ igihugu cyanyu kizaba umusaka,+ imigi yanyu ihinduke amatongo.
26 uyu munsi ntanze ijuru n’isi ho abagabo+ bazabashinja ko muzahita murimbukira muri icyo gihugu mugiye kwambuka Yorodani ngo mucyigarurire. Ntimuzakimaramo igihe, kuko muzarimburwa nta kabuza.+
36 Wowe n’umwami+ uziyimikira ngo agutegeke, Yehova azabajyana+ mu gihugu utigeze umenya, yaba wowe cyangwa ba sokuruza, kandi nugerayo uzakorera izindi mana z’ibiti n’amabuye.+
64 “Yehova azagutatanyiriza mu mahanga yose, kuva ku mpera imwe y’isi kugera ku yindi,+ kandi nugerayo uzakorera izindi mana utigeze umenya, yaba wowe cyangwa ba sokuruza, imana z’ibiti n’amabuye.+
27 Yehova yaravuze ati “u Buyuda+ na bwo nzabukura imbere y’amaso yanjye+ nk’uko nakuye Isirayeli imbere y’amaso yanjye,+ kandi uyu mugi natoranyije, Yerusalemu, nzawuta, nte n’inzu navuzeho nti ‘ni ho hazaba izina ryanjye.’”+
9 kandi nzabateza ibyago ku buryo amahanga yose yo mu isi azabireba+ agahinda umushyitsi, kandi bazaba igitutsi n’iciro ry’imigani, bahinduke urw’amenyo+ n’umuvumo+ aho nabatatanyirije hose.+
11 Iki gihugu cyose kizahinduka amatongo n’icyo gutangarirwa, kandi ayo mahanga azamara imyaka mirongo irindwi akorera umwami w’i Babuloni.”’+
25 ‘“Jyewe Yehova nzavuga, kandi ibyo nzavuga bizasohozwa.+ Ntibizongera gusubikwa ukundi,+ kuko mu minsi yanyu+ nzavuga, mwa b’inzu y’ibyigomeke mwe, kandi ibyo nzavuga nzabisohoza,” ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga.’”
14 Jyewe Yehova ni jye wabivuze.+ Bizasohora+ kandi ni jye uzabikora. Sinzabyirengagiza+ cyangwa ngo ngire impuhwe,+ habe no kubyicuza.+ Bazagucira urubanza bakurikije inzira zawe n’imigenzereze yawe,’+ ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga.”