29 Igare ry’intambara baritumizaga muri Egiputa ku biceri by’ifeza magana atandatu, naho ifarashi ikagurwa ibiceri by’ifeza ijana na mirongo itanu. Uko ni ko babigenzaga no ku bami bose b’Abaheti+ n’abo muri Siriya. Abo bami bayahaga abacuruzi b’umwami bakayazana.