Gutegeka kwa Kabiri 10:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 “None Isirayeli we, icyo Yehova Imana yawe igusaba ni iki?+ Si ugutinya+ Yehova Imana yawe, ukagendera mu nzira ze zose+ ukamukunda,+ ugakorera Yehova Imana yawe n’umutima wawe wose n’ubugingo bwawe bwose,+ 1 Abami 2:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 maze Yehova asohoze amagambo yamvuzeho+ agira ati ‘abana bawe+ nibitondera inzira zabo bakagendera+ imbere yanjye mu kuri+ n’umutima wabo wose+ n’ubugingo bwabo bwose, ntuzabura uwo mu rubyaro rwawe wicara ku ntebe y’ubwami ya Isirayeli.’+ Zab. 78:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Ntibakomeje isezerano ry’Imana,+Banze kugendera mu mategeko yayo.+ Imigani 4:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Rinda umutima wawe+ kurusha ibindi byose bikwiriye kurindwa, kuko ari wo amasoko y’ubuzima aturukamo.+ Hoseya 1:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Yehova aramubwira ati “umwite Yezereli+ kuko hasigaye igihe gito nkaryoza ab’inzu ya Yehu+ amaraso yamenekeye i Yezereli, kandi rwose nzakuraho ubutegetsi bw’abami b’inzu ya Isirayeli.+ Abaheburayo 10:38 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 38 “Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera,”+ kandi “nasubira inyuma, ubugingo bwanjye ntibuzamwishimira.”+
12 “None Isirayeli we, icyo Yehova Imana yawe igusaba ni iki?+ Si ugutinya+ Yehova Imana yawe, ukagendera mu nzira ze zose+ ukamukunda,+ ugakorera Yehova Imana yawe n’umutima wawe wose n’ubugingo bwawe bwose,+
4 maze Yehova asohoze amagambo yamvuzeho+ agira ati ‘abana bawe+ nibitondera inzira zabo bakagendera+ imbere yanjye mu kuri+ n’umutima wabo wose+ n’ubugingo bwabo bwose, ntuzabura uwo mu rubyaro rwawe wicara ku ntebe y’ubwami ya Isirayeli.’+
23 Rinda umutima wawe+ kurusha ibindi byose bikwiriye kurindwa, kuko ari wo amasoko y’ubuzima aturukamo.+
4 Yehova aramubwira ati “umwite Yezereli+ kuko hasigaye igihe gito nkaryoza ab’inzu ya Yehu+ amaraso yamenekeye i Yezereli, kandi rwose nzakuraho ubutegetsi bw’abami b’inzu ya Isirayeli.+
38 “Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera,”+ kandi “nasubira inyuma, ubugingo bwanjye ntibuzamwishimira.”+