2 Abami 21:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 bitewe n’uko bakoze ibibi mu maso yanjye bagakomeza kundakaza, uhereye igihe ba sekuruza bavaga muri Egiputa kugeza uyu munsi.’”+ 2 Ibyo ku Ngoma 34:25 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 25 kuko bantaye+ bakosereza ibitambo izindi mana,+ bakandakaza+ bitewe n’ibikorwa byabo byose.+ Ku bw’ibyo ngiye gusuka uburakari+ bwanjye aha hantu kandi ntibuzazima.’”+ Nehemiya 9:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 “Nyamara banze kumvira+ maze bakwigomekaho,+ bakomeza gutera umugongo amategeko yawe,+ bica n’abahanuzi bawe+ bababuriraga ngo bakugarukire,+ kandi bakomeza gukora ibikorwa bikabije by’agasuzuguro.+ Yesaya 59:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Oya, ahubwo ibicumuro byanyu ni byo byabatandukanyije n’Imana yanyu,+ kandi ibyaha byanyu ni byo byatumye ibahisha mu maso hayo kugira ngo itumva.+ Yeremiya 5:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 abahanuzi bahanura ibinyoma,+ n’abatambyi bagategeka uko bishakiye,+ kandi abagize ubwoko bwanjye bishimiye ko bikomeza kugenda bityo.+ None se muzabigenza mute ku iherezo ryabyo?”+ Daniyeli 9:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 twakoze ibyaha,+ turacumura, dukora ibibi kandi turigomeka;+ twateshutse ku mategeko n’amateka yawe.+
15 bitewe n’uko bakoze ibibi mu maso yanjye bagakomeza kundakaza, uhereye igihe ba sekuruza bavaga muri Egiputa kugeza uyu munsi.’”+
25 kuko bantaye+ bakosereza ibitambo izindi mana,+ bakandakaza+ bitewe n’ibikorwa byabo byose.+ Ku bw’ibyo ngiye gusuka uburakari+ bwanjye aha hantu kandi ntibuzazima.’”+
26 “Nyamara banze kumvira+ maze bakwigomekaho,+ bakomeza gutera umugongo amategeko yawe,+ bica n’abahanuzi bawe+ bababuriraga ngo bakugarukire,+ kandi bakomeza gukora ibikorwa bikabije by’agasuzuguro.+
2 Oya, ahubwo ibicumuro byanyu ni byo byabatandukanyije n’Imana yanyu,+ kandi ibyaha byanyu ni byo byatumye ibahisha mu maso hayo kugira ngo itumva.+
31 abahanuzi bahanura ibinyoma,+ n’abatambyi bagategeka uko bishakiye,+ kandi abagize ubwoko bwanjye bishimiye ko bikomeza kugenda bityo.+ None se muzabigenza mute ku iherezo ryabyo?”+
5 twakoze ibyaha,+ turacumura, dukora ibibi kandi turigomeka;+ twateshutse ku mategeko n’amateka yawe.+