8 ni uko niba ntonnye ku mwami,+ kandi umwami akaba abona ko ari byiza kumpa icyo nifuza n’icyo musaba, ejo umwami na Hamani bazaze mu birori nzabategurira, kandi ejo nzasubiza umwami icyo ambajije.”+
3 Umwamikazi Esiteri aramusubiza ati “mwami, niba ngutonnyeho, kandi niba umwami abona ko ari byiza, icyo nifuza ni uko yakiza ubugingo+ bwanjye, kandi icyo nsaba ni uko yarokora ubwoko bwanjye.+