1 Ibyo ku Ngoma 28:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 “None Salomo mwana wanjye, umenye+ Imana ya so uyikorere+ n’umutima wuzuye+ kandi wishimye,+ kuko Yehova agenzura imitima+ yose akamenya ibyo umutima utekereza n’ibyo wifuza.+ Numushaka uzamubona,+ ariko numuta+ na we azakureka burundu.+ Zab. 62:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Yehova, ineza yuje urukundo na yo ni wowe iturukaho,+Kuko witura umuntu wese ibihwanye n’ibyo yakoze.+ Imigani 24:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Nuvuga uti “dore ntitwabimenye,”+ mbese ugera imitima ntazabitahura,+ kandi ugenzura ubugingo bwawe ntazabimenya+ maze akitura umuntu wese ibihwanye n’ibyo yakoze?+ Yeremiya 32:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 wowe ufite imigambi ihebuje,+ kandi ugakora ibikorwa byinshi,+ wowe ufite amaso areba inzira zose z’abana b’abantu,+ kugira ngo witure buri wese ukurikije inzira ze n’imbuto z’imigenzereze ye;+ Ezekiyeli 33:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 “Mwaravuze muti ‘inzira za Yehova ntizigororotse.’+ Mwa b’inzu ya Isirayeli mwe, nzacira buri wese urubanza nkurikije inzira ze.”+ Matayo 16:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Umwana w’umuntu azaza mu ikuzo rya Se ari kumwe n’abamarayika be, kandi icyo gihe azitura umuntu wese ibihwanye n’imyifatire ye.+ Abaroma 2:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Izitura buri muntu wese ibihuje n’ibikorwa bye,+ 2 Abakorinto 5:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Twese tugomba kuzerekanwa uko turi imbere y’intebe y’urubanza ya Kristo,+ kugira ngo buri wese ahabwe ingororano ye ikwiriye ibyo yakoze ari mu mubiri, bihuje n’ibikorwa bye, byaba ibyiza cyangwa ibibi.+ Abagalatiya 6:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ntimwishuke:+ iby’Imana ntibikerenswa,+ kuko ibyo umuntu abiba ari na byo azasarura.+ 1 Petero 1:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Byongeye kandi, niba mwambaza Data uca urubanza atarobanuye ku butoni+ akurikije imirimo ya buri wese, mujye mubaho mutinya+ muri iki gihe muri abimukira.+ Ibyahishuwe 22:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 “‘Dore ndaza vuba+ nzanye n’ingororano,+ kugira ngo niture umuntu wese ibihuje n’imirimo ye.+
9 “None Salomo mwana wanjye, umenye+ Imana ya so uyikorere+ n’umutima wuzuye+ kandi wishimye,+ kuko Yehova agenzura imitima+ yose akamenya ibyo umutima utekereza n’ibyo wifuza.+ Numushaka uzamubona,+ ariko numuta+ na we azakureka burundu.+
12 Yehova, ineza yuje urukundo na yo ni wowe iturukaho,+Kuko witura umuntu wese ibihwanye n’ibyo yakoze.+
12 Nuvuga uti “dore ntitwabimenye,”+ mbese ugera imitima ntazabitahura,+ kandi ugenzura ubugingo bwawe ntazabimenya+ maze akitura umuntu wese ibihwanye n’ibyo yakoze?+
19 wowe ufite imigambi ihebuje,+ kandi ugakora ibikorwa byinshi,+ wowe ufite amaso areba inzira zose z’abana b’abantu,+ kugira ngo witure buri wese ukurikije inzira ze n’imbuto z’imigenzereze ye;+
20 “Mwaravuze muti ‘inzira za Yehova ntizigororotse.’+ Mwa b’inzu ya Isirayeli mwe, nzacira buri wese urubanza nkurikije inzira ze.”+
27 Umwana w’umuntu azaza mu ikuzo rya Se ari kumwe n’abamarayika be, kandi icyo gihe azitura umuntu wese ibihwanye n’imyifatire ye.+
10 Twese tugomba kuzerekanwa uko turi imbere y’intebe y’urubanza ya Kristo,+ kugira ngo buri wese ahabwe ingororano ye ikwiriye ibyo yakoze ari mu mubiri, bihuje n’ibikorwa bye, byaba ibyiza cyangwa ibibi.+
17 Byongeye kandi, niba mwambaza Data uca urubanza atarobanuye ku butoni+ akurikije imirimo ya buri wese, mujye mubaho mutinya+ muri iki gihe muri abimukira.+