1 Samweli 15:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 Samweli na we aramubwira ati “ese Yehova yishimira ibitambo bikongorwa n’umuriro+ n’ibindi bitambo kuruta kumvira ijwi rya Yehova? Kumvira+ biruta ibitambo,+ kandi gutega amatwi biruta urugimbu+ rw’amapfizi y’intama; Zab. 51:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Ni uko utishimira ibitambo, naho ubundi nari kubitamba;+Ntunezezwa n’ibitambo bikongorwa n’umuriro.+ Yesaya 1:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Yehova aravuga ati “ibitambo byanyu bitagira ingano bimariye iki? Ndambiwe ibitambo bikongorwa n’umuriro+ by’amapfizi y’intama+ n’urugimbu rw’amatungo abyibushye,+ kandi sinishimira+ amaraso+ y’ibimasa by’imishishe n’ay’amasekurume y’intama n’ay’ihene.+ Hoseya 6:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Kuko icyo nishimira ari ineza yuje urukundo+ atari ibitambo,+ kandi kumenya Imana ni byo nishimira kuruta ibitambo bikongorwa n’umuriro.+ Matayo 12:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Icyakora, iyo muba mwarasobanukiwe icyo aya magambo asobanura ngo ‘icyo nshaka ni imbabazi+ si ibitambo,’+ ntimuba muciriyeho iteka abatariho urubanza, Abaheburayo 10:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Ni yo mpamvu igihe yazaga mu isi yavuze ati “‘ibitambo n’amaturo ntiwabishatse,+ ahubwo wanteguriye umubiri.+
22 Samweli na we aramubwira ati “ese Yehova yishimira ibitambo bikongorwa n’umuriro+ n’ibindi bitambo kuruta kumvira ijwi rya Yehova? Kumvira+ biruta ibitambo,+ kandi gutega amatwi biruta urugimbu+ rw’amapfizi y’intama;
16 Ni uko utishimira ibitambo, naho ubundi nari kubitamba;+Ntunezezwa n’ibitambo bikongorwa n’umuriro.+
11 Yehova aravuga ati “ibitambo byanyu bitagira ingano bimariye iki? Ndambiwe ibitambo bikongorwa n’umuriro+ by’amapfizi y’intama+ n’urugimbu rw’amatungo abyibushye,+ kandi sinishimira+ amaraso+ y’ibimasa by’imishishe n’ay’amasekurume y’intama n’ay’ihene.+
6 Kuko icyo nishimira ari ineza yuje urukundo+ atari ibitambo,+ kandi kumenya Imana ni byo nishimira kuruta ibitambo bikongorwa n’umuriro.+
7 Icyakora, iyo muba mwarasobanukiwe icyo aya magambo asobanura ngo ‘icyo nshaka ni imbabazi+ si ibitambo,’+ ntimuba muciriyeho iteka abatariho urubanza,
5 Ni yo mpamvu igihe yazaga mu isi yavuze ati “‘ibitambo n’amaturo ntiwabishatse,+ ahubwo wanteguriye umubiri.+