Zab. 61:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Azatura imbere y’Imana iteka ryose.+Ohereza ineza yawe yuje urukundo n’ukuri kwawe bimurinde.+ Zab. 66:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Imana nisingizwe kuko itirengagije isengesho ryanjye,Kandi ntiyaretse kungaragariza ineza yayo yuje urukundo.+ Zab. 89:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 89 Uko Yehova agaragaza ineza yuje urukundo nzabiririmba ngeze iteka ryose.+Uko ibihe bizagenda bisimburana, nzamenyekanisha ubudahemuka bwawe nkoresheje akanwa kanjye.+ Zab. 138:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Nzikubita hasi nubamye nerekeye urusengero rwawe rwera,+Kandi nzasingiza izina ryawe,+ Bitewe n’ineza yawe yuje urukundo+ n’ukuri kwawe.+Wakujije ijambo ryawe,+ ndetse urirutisha izina ryawe ryose.+ Mika 7:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Uzagaragaza ubudahemuka wagaragarije Yakobo, n’ineza yuje urukundo wagaragarije Aburahamu, ibyo warahiye ba sogokuruza uhereye kera.+ Abaroma 3:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Ibyo ntibikabeho! Ahubwo Imana igaragare ko ari inyakuri,+ kabone niyo umuntu wese yagaragara ko ari umunyabinyoma,+ nk’uko byanditswe ngo “kugira ngo ugaragare ko ukiranuka mu magambo yawe, kandi utsinde mu gihe ucirwa urubanza.”+
20 Imana nisingizwe kuko itirengagije isengesho ryanjye,Kandi ntiyaretse kungaragariza ineza yayo yuje urukundo.+
89 Uko Yehova agaragaza ineza yuje urukundo nzabiririmba ngeze iteka ryose.+Uko ibihe bizagenda bisimburana, nzamenyekanisha ubudahemuka bwawe nkoresheje akanwa kanjye.+
2 Nzikubita hasi nubamye nerekeye urusengero rwawe rwera,+Kandi nzasingiza izina ryawe,+ Bitewe n’ineza yawe yuje urukundo+ n’ukuri kwawe.+Wakujije ijambo ryawe,+ ndetse urirutisha izina ryawe ryose.+
20 Uzagaragaza ubudahemuka wagaragarije Yakobo, n’ineza yuje urukundo wagaragarije Aburahamu, ibyo warahiye ba sogokuruza uhereye kera.+
4 Ibyo ntibikabeho! Ahubwo Imana igaragare ko ari inyakuri,+ kabone niyo umuntu wese yagaragara ko ari umunyabinyoma,+ nk’uko byanditswe ngo “kugira ngo ugaragare ko ukiranuka mu magambo yawe, kandi utsinde mu gihe ucirwa urubanza.”+