1 Samweli 25:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 Nihagira uguhagurukira ashaka kukuvutsa ubuzima, Yehova Imana yawe+ azakurinda nk’uko umuntu arinda ikintu cy’agaciro akakizingira mu ruhago.+ Ariko ubugingo bw’abanzi bawe azabujugunya kure nk’uburi mu muhumetso.+ Yobu 1:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Yehova abwira Satani ati “dore ibyo atunze byose biri mu maboko yawe. We ubwe wenyine ni we utagomba kubangurira ukuboko kwawe!” Nuko Satani arasohoka ava imbere ya Yehova.+ Zab. 50:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Iti “nimuteranye indahemuka zanjye zize aho ndi,+Izigirana nanjye isezerano rishingiye ku bitambo.”+ Zab. 72:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Azacungura ubugingo bwabo abukize urugomo no gukandamizwa,Kandi amaraso yabo azaba ay’igiciro cyinshi mu maso ye.+ Zab. 91:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Kubera ko yankunze,+Nanjye nzamukiza.+ Nzamurinda kuko yamenye izina ryanjye.+ Zekariya 2:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Yehova nyir’ingabo aravuga ati ‘Imana imaze kwihesha ikuzo+ yanyohereje ku bantu babasahuraga.+ Kuko ubakozeho+ aba akoze ku mboni y’ijisho ryanjye.+ 2 Petero 2:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ibyo bigaragaza ko Yehova azi gukiza abantu biyeguriye Imana ibibagerageza,+ ariko abakiranirwa akabarindiriza umunsi w’urubanza kugira ngo barimburwe,+
29 Nihagira uguhagurukira ashaka kukuvutsa ubuzima, Yehova Imana yawe+ azakurinda nk’uko umuntu arinda ikintu cy’agaciro akakizingira mu ruhago.+ Ariko ubugingo bw’abanzi bawe azabujugunya kure nk’uburi mu muhumetso.+
12 Yehova abwira Satani ati “dore ibyo atunze byose biri mu maboko yawe. We ubwe wenyine ni we utagomba kubangurira ukuboko kwawe!” Nuko Satani arasohoka ava imbere ya Yehova.+
5 Iti “nimuteranye indahemuka zanjye zize aho ndi,+Izigirana nanjye isezerano rishingiye ku bitambo.”+
14 Azacungura ubugingo bwabo abukize urugomo no gukandamizwa,Kandi amaraso yabo azaba ay’igiciro cyinshi mu maso ye.+
8 Yehova nyir’ingabo aravuga ati ‘Imana imaze kwihesha ikuzo+ yanyohereje ku bantu babasahuraga.+ Kuko ubakozeho+ aba akoze ku mboni y’ijisho ryanjye.+
9 Ibyo bigaragaza ko Yehova azi gukiza abantu biyeguriye Imana ibibagerageza,+ ariko abakiranirwa akabarindiriza umunsi w’urubanza kugira ngo barimburwe,+