Yesaya 28:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Ni yo mpamvu Umwami w’Ikirenga Yehova avuga ati “dore ngiye gushyira i Siyoni+ ibuye ry’urufatiro,+ ibuye ryageragejwe,+ ibuye rikomeza imfuruka ry’agaciro kenshi,+ ry’urufatiro ruhamye.+ Uryizera wese ntazashya ubwoba.+ Zekariya 4:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Uri iki wa musozi munini we?+ Imbere ya Zerubabeli+ uzaba nk’ubutaka bushashe. Kandi azazana ibuye rikomeza imfuruka.+ Bazaribwira+ bati “rirashimishije! Rirashimishije!”’”+ Luka 20:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Ariko arabitegereza aravuga ati “none se ibi byanditswe bivuga ngo ‘ibuye abubatsi banze+ ni ryo ryabaye irikomeza imfuruka’+ bisobanura iki? Ibyakozwe 4:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Uwo ni we ‘buye mwebwe abubatsi mwabonye ko ritagira umumaro, ariko ryabaye irikomeza umutwe w’imfuruka.’+ 1 Abakorinto 3:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 kuko nta wushobora gushyiraho urundi rufatiro+ rutari urwashyizweho, ari rwo Yesu Kristo.+ Abefeso 2:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Mwubatswe ku rufatiro+ rw’intumwa+ n’abahanuzi,+ Kristo Yesu ubwe akaba ari we buye ry’urufatiro rikomeza imfuruka.+ 1 Petero 2:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Ibyanditswe biravuga ngo “dore ngiye gushyira i Siyoni ibuye ryatoranyijwe, ibuye ry’urufatiro rikomeza imfuruka, ry’agaciro kenshi; kandi nta wuryizera uzamanjirwa.”+
16 Ni yo mpamvu Umwami w’Ikirenga Yehova avuga ati “dore ngiye gushyira i Siyoni+ ibuye ry’urufatiro,+ ibuye ryageragejwe,+ ibuye rikomeza imfuruka ry’agaciro kenshi,+ ry’urufatiro ruhamye.+ Uryizera wese ntazashya ubwoba.+
7 Uri iki wa musozi munini we?+ Imbere ya Zerubabeli+ uzaba nk’ubutaka bushashe. Kandi azazana ibuye rikomeza imfuruka.+ Bazaribwira+ bati “rirashimishije! Rirashimishije!”’”+
17 Ariko arabitegereza aravuga ati “none se ibi byanditswe bivuga ngo ‘ibuye abubatsi banze+ ni ryo ryabaye irikomeza imfuruka’+ bisobanura iki?
11 Uwo ni we ‘buye mwebwe abubatsi mwabonye ko ritagira umumaro, ariko ryabaye irikomeza umutwe w’imfuruka.’+
20 Mwubatswe ku rufatiro+ rw’intumwa+ n’abahanuzi,+ Kristo Yesu ubwe akaba ari we buye ry’urufatiro rikomeza imfuruka.+
6 Ibyanditswe biravuga ngo “dore ngiye gushyira i Siyoni ibuye ryatoranyijwe, ibuye ry’urufatiro rikomeza imfuruka, ry’agaciro kenshi; kandi nta wuryizera uzamanjirwa.”+