Abacamanza 6:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 Yowashi+ abaza abari bamuhagurukiye+ ati “ese murashaka kuburanira Bayali kugira ngo murebe niba mushobora kumukiza? Uburanira Bayali wese akwiriye kwicwa muri iki gitondo.+ Niba Bayali ari Imana,+ niyiburanire+ kuko hari umuntu wamusenyeye igicaniro.” 1 Samweli 24:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 Yehova atubere umucamanza, ace urubanza hagati yanjye nawe. Azabibona kandi azandenganura,+ ankize ukuboko kwawe.” Zab. 35:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 Yehova, mburanira mu rubanza mburana n’abanzi banjye,+Urwanye abandwanya.+ Zab. 43:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 43 Mana, ncira urubanza,+ Kandi umburanire mu rubanza+ mburana n’ishyanga ry’abahemu. Unkize umuntu w’umuriganya kandi ukiranirwa,+ Imigani 22:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Kuko Yehova ubwe azabarenganura,+ kandi azambura ubugingo ababambura.+ Imigani 23:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 kuko Umucunguzi wazo akomeye; we ubwe azazirengera akuburanye.+ Yeremiya 50:34 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 34 Umucunguzi wabo arakomeye;+ Yehova nyir’ingabo ni ryo zina rye.+ Azababuranira+ kugira ngo ahe igihugu ituze+ kandi ateze impagarara mu baturage b’i Babuloni.”+ Amaganya 3:59 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 59 Yehova, wabonye ibibi bankoreye.+ Umburanire.+ Mika 7:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Nzihanganira uburakari bwa Yehova, kuko namucumuyeho,+ kugeza igihe azamburanira akandenganura.+ Azanzana mu mucyo kandi nzareba gukiranuka kwe.+
31 Yowashi+ abaza abari bamuhagurukiye+ ati “ese murashaka kuburanira Bayali kugira ngo murebe niba mushobora kumukiza? Uburanira Bayali wese akwiriye kwicwa muri iki gitondo.+ Niba Bayali ari Imana,+ niyiburanire+ kuko hari umuntu wamusenyeye igicaniro.”
15 Yehova atubere umucamanza, ace urubanza hagati yanjye nawe. Azabibona kandi azandenganura,+ ankize ukuboko kwawe.”
43 Mana, ncira urubanza,+ Kandi umburanire mu rubanza+ mburana n’ishyanga ry’abahemu. Unkize umuntu w’umuriganya kandi ukiranirwa,+
34 Umucunguzi wabo arakomeye;+ Yehova nyir’ingabo ni ryo zina rye.+ Azababuranira+ kugira ngo ahe igihugu ituze+ kandi ateze impagarara mu baturage b’i Babuloni.”+
9 Nzihanganira uburakari bwa Yehova, kuko namucumuyeho,+ kugeza igihe azamburanira akandenganura.+ Azanzana mu mucyo kandi nzareba gukiranuka kwe.+