20 mu buryo buhuje n’ibyo ntegerezanyije amatsiko.+ Niringiye+ ko ntazakorwa n’isoni+ mu buryo ubwo ari bwo bwose, ahubwo ko mu bushizi bw’amanga bwose,+ nk’uko na mbere hose byari bimeze, n’ubu Kristo azasingizwa binyuze ku mubiri wanjye,+ naba ndi muzima cyangwa binyuze ku rupfu.+