Abacamanza 13:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Ariko umugore we aramubwira ati “iyaba Yehova yashatse kutwica, ntiyari kwemera igitambo gikongorwa n’umuriro n’ituro ry’ibinyampeke twamutuye,+ kandi ntiyari kuba yatweretse ibi bintu byose cyangwa ngo atwemerere kumva ibintu nk’ibi.”+ 1 Samweli 25:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 Kwihorera+ no kumena amaraso nta mpamvu,+ ntibizakubere igisitaza cyangwa ngo bibere ikigusha umutima wa databuja. Yehova azagirira neza databuja nta kabuza, kandi uzibuke+ umuja wawe.” 2 Samweli 20:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Umugore w’umunyabwenge+ ahagarara ku rukuta rw’uwo mugi arahamagara ati “nimwumve, nimwumve mwa bagabo mwe. Ndabinginze nimumbwirire Yowabu muti ‘igira hafi ngire icyo nkwibwirira.’” Esiteri 5:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 ni uko niba ntonnye ku mwami,+ kandi umwami akaba abona ko ari byiza kumpa icyo nifuza n’icyo musaba, ejo umwami na Hamani bazaze mu birori nzabategurira, kandi ejo nzasubiza umwami icyo ambajije.”+ Zab. 68:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Yehova ubwe yaravuze,+Abagore bamamaza ubutumwa bwiza baba umutwe munini w’ingabo.+ Imigani 31:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 Amagambo y’umwami Lemuweli akubiyemo ubutumwa bukomeye+ nyina yamubwiye amukosora:+ Ibyakozwe 18:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 Uwo mugabo atangira kuvugira mu isinagogi ashize amanga. Purisikila na Akwila+ bamwumvise, bamujyana iwabo maze bamusobanurira inzira y’Imana, kugira ngo ayimenye neza kurushaho. Tito 2:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Abakecuru+ na bo bagire imyifatire ikwiriye abera, badasebanya,+ batarabaswe n’inzoga nyinshi, bigisha ibyiza,
23 Ariko umugore we aramubwira ati “iyaba Yehova yashatse kutwica, ntiyari kwemera igitambo gikongorwa n’umuriro n’ituro ry’ibinyampeke twamutuye,+ kandi ntiyari kuba yatweretse ibi bintu byose cyangwa ngo atwemerere kumva ibintu nk’ibi.”+
31 Kwihorera+ no kumena amaraso nta mpamvu,+ ntibizakubere igisitaza cyangwa ngo bibere ikigusha umutima wa databuja. Yehova azagirira neza databuja nta kabuza, kandi uzibuke+ umuja wawe.”
16 Umugore w’umunyabwenge+ ahagarara ku rukuta rw’uwo mugi arahamagara ati “nimwumve, nimwumve mwa bagabo mwe. Ndabinginze nimumbwirire Yowabu muti ‘igira hafi ngire icyo nkwibwirira.’”
8 ni uko niba ntonnye ku mwami,+ kandi umwami akaba abona ko ari byiza kumpa icyo nifuza n’icyo musaba, ejo umwami na Hamani bazaze mu birori nzabategurira, kandi ejo nzasubiza umwami icyo ambajije.”+
26 Uwo mugabo atangira kuvugira mu isinagogi ashize amanga. Purisikila na Akwila+ bamwumvise, bamujyana iwabo maze bamusobanurira inzira y’Imana, kugira ngo ayimenye neza kurushaho.
3 Abakecuru+ na bo bagire imyifatire ikwiriye abera, badasebanya,+ batarabaswe n’inzoga nyinshi, bigisha ibyiza,