Intangiriro 39:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Shebuja yumvise amagambo umugore we amubwiye ati “umugaragu wawe yangize atya n’atya,” ahita azabiranywa n’uburakari.+ Abacamanza 20:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Abaturage b’i Gibeya barampagurukira bagota inzu nari narayemo bashaka kungirira nabi. Nubwo ari jye bashakaga kwica, inshoreke yanjye ni yo basambanyije+ maze amaherezo irapfa.+ Abacamanza 20:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Nimuduhe abo bagabo+ b’imburamumaro+ bari i Gibeya+ tubice,+ dukure ikibi muri Isirayeli.”+ Ariko Ababenyamini banga kumvira abavandimwe babo b’Abisirayeli.+ Indirimbo ya Salomo 8:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 “Nshyira ku mutima wawe mbe nk’ikashe,+ mbe nk’ikashe ku kuboko kwawe, kuko urukundo rukomeye nk’urupfu;+ urukundo ni nk’imva,* ntirwemera kugira ikindi rubangikanywa na cyo.+ Ikibatsi cyarwo ni nk’ikibatsi cy’umuriro, ikirimi cy’umuriro wa Yah.+
19 Shebuja yumvise amagambo umugore we amubwiye ati “umugaragu wawe yangize atya n’atya,” ahita azabiranywa n’uburakari.+
5 Abaturage b’i Gibeya barampagurukira bagota inzu nari narayemo bashaka kungirira nabi. Nubwo ari jye bashakaga kwica, inshoreke yanjye ni yo basambanyije+ maze amaherezo irapfa.+
13 Nimuduhe abo bagabo+ b’imburamumaro+ bari i Gibeya+ tubice,+ dukure ikibi muri Isirayeli.”+ Ariko Ababenyamini banga kumvira abavandimwe babo b’Abisirayeli.+
6 “Nshyira ku mutima wawe mbe nk’ikashe,+ mbe nk’ikashe ku kuboko kwawe, kuko urukundo rukomeye nk’urupfu;+ urukundo ni nk’imva,* ntirwemera kugira ikindi rubangikanywa na cyo.+ Ikibatsi cyarwo ni nk’ikibatsi cy’umuriro, ikirimi cy’umuriro wa Yah.+