5 Ku bw’ibyo rero, ntimugace urubanza+ rw’ikintu icyo ari cyo cyose igihe cyagenwe kitaragera,+ kugeza igihe Umwami azazira, we uzashyira ahagaragara+ ibintu by’amabanga bikorerwa mu mwijima, kandi akanagaragaza imigambi yo mu mitima.+ Icyo gihe ni bwo buri wese azabona ishimwe rituruka ku Mana.+