Umubwiriza 12:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Imana y’ukuri izazana mu rubanza buri murimo wose ufitanye isano na buri kintu cyose gihishwe, kugira ngo igaragaze niba ari cyiza cyangwa ari kibi.+ Matayo 25:32 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 Amahanga yose azateranyirizwa imbere ye,+ maze atandukanye+ abantu+ nk’uko umwungeri atandukanya intama n’ihene. Yohana 5:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 bakavamo, abakoze ibyiza bakazukira guhabwa ubuzima,+ naho abakoze ibibi bakazukira gucirwa urubanza.+ Ibyakozwe 17:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 kuko yashyizeho umunsi iteganya gucira abari mu isi yose ituwe urubanza+ rukiranuka, ikoresheje umuntu yashyizeho, kandi yahaye abantu bose gihamya y’uko izabikora ubwo yamuzuraga+ mu bapfuye.” Abaroma 2:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Izitura buri muntu wese ibihuje n’ibikorwa bye,+ 2 Abakorinto 5:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Twese tugomba kuzerekanwa uko turi imbere y’intebe y’urubanza ya Kristo,+ kugira ngo buri wese ahabwe ingororano ye ikwiriye ibyo yakoze ari mu mubiri, bihuje n’ibikorwa bye, byaba ibyiza cyangwa ibibi.+
14 Imana y’ukuri izazana mu rubanza buri murimo wose ufitanye isano na buri kintu cyose gihishwe, kugira ngo igaragaze niba ari cyiza cyangwa ari kibi.+
32 Amahanga yose azateranyirizwa imbere ye,+ maze atandukanye+ abantu+ nk’uko umwungeri atandukanya intama n’ihene.
29 bakavamo, abakoze ibyiza bakazukira guhabwa ubuzima,+ naho abakoze ibibi bakazukira gucirwa urubanza.+
31 kuko yashyizeho umunsi iteganya gucira abari mu isi yose ituwe urubanza+ rukiranuka, ikoresheje umuntu yashyizeho, kandi yahaye abantu bose gihamya y’uko izabikora ubwo yamuzuraga+ mu bapfuye.”
10 Twese tugomba kuzerekanwa uko turi imbere y’intebe y’urubanza ya Kristo,+ kugira ngo buri wese ahabwe ingororano ye ikwiriye ibyo yakoze ari mu mubiri, bihuje n’ibikorwa bye, byaba ibyiza cyangwa ibibi.+