2 Ibyo ku Ngoma 6:36 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 36 “Nibagucumuraho+ (kuko nta muntu udacumura),+ ukabarakarira ukabahana mu maboko y’umwanzi wabo, ababatsinze bakabajyana ho iminyago mu gihugu cya kure cyangwa icya hafi,+ Zab. 51:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Dore mama yambyaye ababara, ndi umunyabyaha,+Kandi yansamye ndi umunyabyaha.+ Zab. 130:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Yah Yehova, uramutse ugenzuye amakosa,+Ni nde wahagarara adatsinzwe?+ Zab. 143:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Ntushyire umugaragu wawe mu rubanza,+Kuko mu bariho bose nta n’umwe waba umukiranutsi imbere yawe.+ Imigani 20:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ni nde ushobora kuvuga ati “nejeje umutima wanjye,+ nejejweho icyaha cyanjye none ndaboneye”?+ Abaroma 3:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Bose bakoze ibyaha,+ maze bananirwa kugera ku ikuzo ry’Imana,+ Yakobo 3:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Twese ducumura kenshi.+ Niba hari umuntu udacumura mu byo avuga,+ uwo ni umuntu utunganye+ ushobora no gutegeka umubiri we wose. 1 Yohana 1:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Niba tuvuga tuti “nta cyaha dufite,”+ tuba twishuka,+ kandi ukuri kuba kutari muri twe.
36 “Nibagucumuraho+ (kuko nta muntu udacumura),+ ukabarakarira ukabahana mu maboko y’umwanzi wabo, ababatsinze bakabajyana ho iminyago mu gihugu cya kure cyangwa icya hafi,+
2 Ntushyire umugaragu wawe mu rubanza,+Kuko mu bariho bose nta n’umwe waba umukiranutsi imbere yawe.+
2 Twese ducumura kenshi.+ Niba hari umuntu udacumura mu byo avuga,+ uwo ni umuntu utunganye+ ushobora no gutegeka umubiri we wose.