Imigani 11:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Gukiranuka k’umuntu w’inyangamugayo ni ko kuzagorora inzira ye,+ ariko umubi we azagushwa n’ububi bwe.+ Matayo 3:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Kandi uwo ni we wari warahanuwe binyuze ku muhanuzi Yesaya,+ ngo “nimwumve! Hari umuntu urangururira mu butayu ati ‘nimutegurire+ Yehova inzira, mugorore inzira ze.’” Luka 3:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Umukoke wose uzuzuzwa, n’umusozi wose n’agasozi bizaringanizwa, n’amakoni azahinduka inzira zigororotse, kandi ahantu hataringaniye hazaba inzira ziringaniye;+ Yohana 1:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Arababwira ati “ndi ijwi ry’urangururira mu butayu ati ‘mugorore inzira za Yehova’ nk’uko umuhanuzi Yesaya yabivuze.”+ 2 Timoteyo 3:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana,+ kandi bifite akamaro ko kwigisha+ no gucyaha+ no gushyira ibintu mu buryo+ no guhanira+ gukiranuka, Abaheburayo 9:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 ahubwo bifitanye isano n’ibyokurya+ n’ibyokunywa+ no kwibiza+ no kujabika by’uburyo bunyuranye. Ibyo byari ibintu by’umubiri+ byasabwaga n’amategeko, kandi byategetswe kugeza igihe cyagenwe cyo gushyira ibintu mu buryo.+
5 Gukiranuka k’umuntu w’inyangamugayo ni ko kuzagorora inzira ye,+ ariko umubi we azagushwa n’ububi bwe.+
3 Kandi uwo ni we wari warahanuwe binyuze ku muhanuzi Yesaya,+ ngo “nimwumve! Hari umuntu urangururira mu butayu ati ‘nimutegurire+ Yehova inzira, mugorore inzira ze.’”
5 Umukoke wose uzuzuzwa, n’umusozi wose n’agasozi bizaringanizwa, n’amakoni azahinduka inzira zigororotse, kandi ahantu hataringaniye hazaba inzira ziringaniye;+
23 Arababwira ati “ndi ijwi ry’urangururira mu butayu ati ‘mugorore inzira za Yehova’ nk’uko umuhanuzi Yesaya yabivuze.”+
16 Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana,+ kandi bifite akamaro ko kwigisha+ no gucyaha+ no gushyira ibintu mu buryo+ no guhanira+ gukiranuka,
10 ahubwo bifitanye isano n’ibyokurya+ n’ibyokunywa+ no kwibiza+ no kujabika by’uburyo bunyuranye. Ibyo byari ibintu by’umubiri+ byasabwaga n’amategeko, kandi byategetswe kugeza igihe cyagenwe cyo gushyira ibintu mu buryo.+