14 Amashyo azajya abyagira hagati muri yo, inyamaswa zose zo mu gihugu.+ Inzoya n’ibinyogote+ bizajya birara hagati y’inkingi zayo zaguye.+ Amajwi azakomeza kumvikanira mu madirishya. Mu irebe ry’umuryango hazaba huzuye ibyasenyutse, kuko azambika ubusa imbaho zometse ku nkuta.+