Intangiriro 21:33 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 33 Nyuma yaho atera igiti cy’umwesheri i Beri-Sheba, maze yambarizayo izina rya Yehova+ Imana ihoraho iteka ryose.+ Gutegeka kwa Kabiri 33:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Imana ya kera na kare ni yo bwihisho bwawe,+Amaboko yayo y’iteka ryose aragukomeza.+Izirukana abanzi imbere yawe,+Kandi izavuga iti ‘barimbure!’+ Zab. 90:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Imisozi itaravuka,+Utarabyara isi+ n’ubutaka+ mu mibabaro nk’iy’umugore uri ku bise, Uhereye iteka ryose ukageza iteka ryose, uri Imana.+ Yesaya 57:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 Uri hejuru kandi Usumbabyose,+ uhoraho iteka+ kandi izina rye rikaba ari iryera,+ aravuga ati “ntuye hejuru ahera,+ kandi mbana n’ushenjaguwe n’uwiyoroshya mu mutima+ kugira ngo mpembure aboroheje, mpembure n’umutima w’abashenjaguwe.+ Yeremiya 10:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Ariko mu by’ukuri, Yehova ni we Mana.+ Ni Imana nzima+ kandi ni Umwami kugeza iteka ryose.+ Isi izatigiswa n’uburakari bwe,+ kandi nta shyanga rizabasha kwihanganira umujinya we.+ Abaroma 16:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 ariko ubu rikaba ryaragaragaye+ kandi rikamenyekana mu mahanga yose binyuze ku byanditswe mu buhanuzi bihuje n’itegeko ry’Imana ihoraho, kugira ngo habeho kumvira gushingiye ku kwizera,+ 1 Timoteyo 1:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Nuko rero, Umwami w’iteka,+ udashobora kononekara+ kandi utaboneka,+ we Mana y’ukuri yonyine,+ ahabwe icyubahiro n’ikuzo iteka ryose.+ Amen.
33 Nyuma yaho atera igiti cy’umwesheri i Beri-Sheba, maze yambarizayo izina rya Yehova+ Imana ihoraho iteka ryose.+
27 Imana ya kera na kare ni yo bwihisho bwawe,+Amaboko yayo y’iteka ryose aragukomeza.+Izirukana abanzi imbere yawe,+Kandi izavuga iti ‘barimbure!’+
2 Imisozi itaravuka,+Utarabyara isi+ n’ubutaka+ mu mibabaro nk’iy’umugore uri ku bise, Uhereye iteka ryose ukageza iteka ryose, uri Imana.+
15 Uri hejuru kandi Usumbabyose,+ uhoraho iteka+ kandi izina rye rikaba ari iryera,+ aravuga ati “ntuye hejuru ahera,+ kandi mbana n’ushenjaguwe n’uwiyoroshya mu mutima+ kugira ngo mpembure aboroheje, mpembure n’umutima w’abashenjaguwe.+
10 Ariko mu by’ukuri, Yehova ni we Mana.+ Ni Imana nzima+ kandi ni Umwami kugeza iteka ryose.+ Isi izatigiswa n’uburakari bwe,+ kandi nta shyanga rizabasha kwihanganira umujinya we.+
26 ariko ubu rikaba ryaragaragaye+ kandi rikamenyekana mu mahanga yose binyuze ku byanditswe mu buhanuzi bihuje n’itegeko ry’Imana ihoraho, kugira ngo habeho kumvira gushingiye ku kwizera,+
17 Nuko rero, Umwami w’iteka,+ udashobora kononekara+ kandi utaboneka,+ we Mana y’ukuri yonyine,+ ahabwe icyubahiro n’ikuzo iteka ryose.+ Amen.